Mu gihe hasigaye amasaha make ngo umwaka wa 2025 urangire, Umujyi wa Uvira n’ibice biyikikije mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo bikomeje kuba indiri y’igitutu...
Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...
Mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mwaka wa 2025, Ingabo z’u Burundi zari mu zikomeye zoherejwe gufasha Leta...
Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...