Umulisa Ange, uzwi nka DJ Zebra, umukobwa w’Umunyarwandakazi uri kuzamuka mu mwuga wo kuvanga umuziki, yishimiye igihembo cya Best Zikomo Emerging Talent mu birori...
Mu gihe abantu benshi bavuga ko gukorana n’abahanzi bakuru mu muziki biba bigoye, hari ibihabanye n’iyo myumvire. Delivad Julio umwe mu bahanzi bakomeye bo...
Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yavuze amagambo akomeye asubiza umuhanzi mugenzi we Bruce Melodie, aho yatangaje ko kugira ngo Melodie agere ku rwego...