25.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsMPA

Tag: MPA

spot_img

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.  Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.   Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.  U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...

U Rwanda ruranenga umuryango mpuzamahanga kwirengagiza umutekano warwo n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge

  U Rwanda rwanenze umuryango mpuzamahanga ku kuba utarigeze witaho impungenge z’umutekano w’u Rwanda, zirimo iterabwoba rikomeje guterwa n’umutwe wa FDLR n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge batuye...

Byongeye byadogereye FARDC na Wazalendo bongeye gukozanyaho , muri Kivu y’ Amajyepfo,abasaga 30 babigenderamo

    Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zongeranye imbaraga n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo mu...

Amakuru mashya: Iby’igitero cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira.

Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.   Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?  Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...

Ndayishimiye anenga kutita ku bibazo bya RDC no kudakorera hamwe kw’amahanga mu miyoborere y’Afurika

  Umukuru w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yongeye kunenga uburyo amahanga akomeje kwirengagiza ikibazo cy’umutekano muke n’ibitero bikomeje kwibasira Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi yabivugiye...

Perezida Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro ariko rwitegura no kurinda umutekano warwo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo u Rwanda rushaka amahoro kandi rukomeje kuyaharanira, rukwiye no kwitegura mu gihe hagaragara ibindi...

Lubero: Urukiko rwa Gisirikare rwakatiye abasirikare babiri ba FARDC ibyaha by’ubwicanyi no gufata ku ngufu umwana

  Urukiko rwa gisirikare rwa Butembo rwahamije abasirikare babiri ba FARDC ibyaha bikomeye birimo kwica umukuru wabo ndetse no gufata ku ngufu umwana w’imyaka 14,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img