22.7 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsPerezida Kagame

Tag: Perezida Kagame

spot_img

Tshisekedi Yikomye u Rwanda Nyuma yuko umujyi wa Uvira ufashwe na AFC/M23. Igisubizo cya Perezida Kagame

Umukuru w’igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yatangaje ko u Rwanda ruri gukora “igitero cy’ubutabazi ku butaka bwa Congo,” nyuma y’uko AFC/M23 itangaje ko yafashe umujyi wa Uvira, umwe mu mijyi y’ingenzi yo mu burasirazuba bw’igihugu.  Uvira ni wo mujyi munini wari usigaye utagenzurwa na AFC/M23 mu Burasirazuba bwa Congo. Kiwutakaza ku ruhande rwa Leta ya RDC byahinduye ishusho y’intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima bw’abaturage no kubatesha ibyabo.  Mu butumwa bwashyizwe ku mbuga X n’Ibiro bya Perezida, Tshisekedi yavuze ko iterabwoba rya AFC/M23 ari “ihonyora ry’amasezerano ya Washington” aherutse gushyirwaho umukono na we hamwe na Perezida Paul Kagame, ku bufasha bwa Perezida wa Amerika, Donald Trump.  Ni mu gihe Perezida Kagame, mu ijambo rye yavuze ko u Rwanda “rwemeye amasezerano ku bushake” ndetse ruzayubahiriza, ariko yongeraho ko “intambara zari zatangiye mbere y’uko amasezerano asinywa.”  RDC ishinja u Rwanda kohereza abasirikare, intwaro n’ubundi bifasha bwa gisirikare mu gufasha M23, ibyo u Rwanda ruhakana rukivugira ko nta bufasha na bumwe rugenera M23, ahubwo rukavuga ko ruri mu “kurinda umutekano warwo.”  Na none, u...

Perezida Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro ariko rwitegura no kurinda umutekano warwo

    Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko nubwo u Rwanda rushaka amahoro kandi rukomeje kuyaharanira, rukwiye no kwitegura mu gihe hagaragara ibindi...

FDLR ikiriho, amahoro mu karere ni inzozi_ Ubutumwa bw’Umudepite wa RDC

  Depite Léonard She Okitundu, usanzwe ari Visi Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yatangaje ko nta...

Perezida Kagame yakiriye Abasenateri n’Abadepite ba Amerika i Washington

Perezida Paul Kagame uri i Washington D.C. yakiriye ku meza itsinda ry’Abasenateri n’Abadepite bagize Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagirana ibiganiro bigamije...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img