Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Perezida Donald Trump yatangaje ko Amerika yafashe Perezida wa Venezuela, Nicolas Maduro, n’umugore we Cilia Flores. Trump...
Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi wa Gagamel Crew, Bebe Cool, yatangaje ko ari gutegura album nshya yise ‘Broken Chains’, izakurikirana ‘Break The Chains’...
Abaturage bo mu Murenge wa Sake, mu Karere ka Ngoma, bakiri mu gahinda n’urujijo nyuma y’inkuru y’incamugongo y’umugabo wapfiriye mu mwobo wahoze ari ubwiherero,...
Mu misozi miremire ya Mulenge, ahazwi nka Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, kuri uyu wa 25 Ukuboza 2025 handitswe amateka mashya atari asanzwe. Ku nshuro...
Jonathan Nalebo, wahoze ari umusesenguzi w’umuziki ubu akaba ari umuvugabutumwa, yatangaje ko nubwo Eddy Kenzo ari umwe mu bahanzi ba Uganda begukanye ibihembo byinshi...