20.5 C
Africa
Sondag, Maart 22, 2026
HomeTagsUDA

Tag: UDA

spot_img

Bruce Melodie atanze Ubunani budasanzwe, asoje kuririmba muri BK Arena ahita arekura “Pom Pom” yakoranye na Diamond Platnumz

  Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yatunguye bikomeye abakunzi b’umuziki nyarwanda, abaha Ubunani budasanzwe ubwo yahitaga ashyira hanze amashusho y’indirimbo “Pom Pom” yakoranye...

Kevin Kade yakoze igitaramo cy’amateka, ashimira byimazeyo ababyeyi bamubereye inkingi ya mwamba

    Umuhanzi Richard Ngabo wamamaye ku izina rya Kevin Kade yakoze igitaramo cy’amateka, cyagaragaje urwego amaze kugeraho mu muziki nyarwanda, anashimira byimazeyo ababyeyi be bamushyigikiye...

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

“Kirazira mu muco wacu” – Rutangarwamaboko yanenze Pamella ku mwambaro wagaragaje inda, impaka zirashyuha

    Umupfumu Rutangarwamaboko Nzayisenga Modeste yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, nyuma yo kunenga Uwicyeza Pamella, umugore w’umuhanzi The Ben, wasohokanye umwambaro ugaragaza inda ubwo...

Makobola mu Mwijima: Abarwanyi ba FARDC na Wazalendo Basahuye Ikigo Nderabuzima Nyuma yo Gusubiranamo, Banakorera Abaturage Ibya Kinyamaswa

Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img