Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda akaba n’umuyobozi wa Gagamel Crew, Bebe Cool, yatangaje ko ari gutegura album nshya yise ‘Broken Chains’, izakurikirana ‘Break The Chains’...
The Ben yongeye kwerekana ko ari umwe mu bahanzi bafite ubuhanga n’ubudasa budasanzwe, nyuma yo gusiga abitabiriye igitaramo The Nu-Year Groove cyabereye muri BK...
Rickman Manrick yagarutse ku itandukaniro rikomeye abona hagati y’imyitwarire y’abakobwa bo mu gihugu cya Suwede n’iy’abakobwa bo muri Uganda, cyane cyane mu mujyi wa...
Umuhanzikazi Winnie Wa Mummy, amazina ye nyakuri Winnie Nakafeero, yagize ibihe bibi cyane mu gitaramo cya CBS FM Enkuuka Bwaguugwa, ubwo yajyaga ku rubyiniro...
Icyamamare mu muziki wa Nigeria akaba n’umuyobozi w’inzu itunganya umuziki ya Mavin Records, Don Jazzy, yongeye kwibazwaho cyane nyuma y’ikiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru, aho...