30 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsUsa

Tag: usa

spot_img

Hamenyekanye ikintu gikomeye Leta ya RDC yasezeranyije FDLR mu ibanga nubwo yari yemeye kuyisenya mu masezerano y’amahoro

Mu gihe Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yari yaratangaje ku mugaragaro ko igiye gusenya umutwe wa FDLR, amakuru akomeje kujya ahagaragara...

RDC irashaka guhindura amateka y’urugamba: Hatangijwe Ikigega cyihariye cyo guteza imbere FARDC

  Mu gihe umutekano ukomeje kuzamba cyane mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Leta yafashe icyemezo gikomeye igamije guhindura icyerekezo cy’urugamba. Mu nama...

Congo yose ibari inyuma, mu gomba gutera ishema igihugu cyanyu: Tshisekedi ubutumwa yageneye ikipe y’ Igihugu mu mikino ya CAN 2025

    Mu minsi mike mbere y’uko hatangira Igikombe cy’Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN 2025), kizabera muri Maroc kuva ku wa 21 Ukuboza 2025 kugeza ku wa...

Muve mu magambo mujye mu bikorwa bifatika _RDC isaba amahanga gushyira igitutu ku Rwanda ngo intambara ihagarare muri Kivu

  Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza, yasabye umuryango mpuzamahanga gufata ingamba zifatika zigamije gushyira igitutu kuri...

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.  Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.   Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.  U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...

Uburundi bweruye buvuga ko bushobora kwinjira mu ntambara n’ u Rwanda kubera imirwano muri Kivu y’ Amajyepfo

  Igihugu cy’u Burundi, biciye mu ntumwa yacyo mu Muryango w’Abibumbye i New York, cyatangaje ko gishobora kwinjira mu ntambara n’u Rwanda mu gihe rukomeza...

U Rwanda ruranenga umuryango mpuzamahanga kwirengagiza umutekano warwo n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge

  U Rwanda rwanenze umuryango mpuzamahanga ku kuba utarigeze witaho impungenge z’umutekano w’u Rwanda, zirimo iterabwoba rikomeje guterwa n’umutwe wa FDLR n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge batuye...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img