39.8 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsUvira

Tag: Uvira

spot_img

Ihuriro rya AFC/M23 ryahishuye Impamvu ryafashe Uvira icyatumye riyivamo, ingabo rishaka ko ziyigenzura n’aho abarwanyi baryo bari

Mu gihe amahanga n’abahuza b’amahoro bari bahanze amaso i Washington, aho hari hateganyijwe gusinyirwa amasezerano y’amahoro n’ubufatanye bw’akarere agamije iterambere ry’ubukungu, mu burasirazuba bwa...

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

Makobola mu Mwijima: Abarwanyi ba FARDC na Wazalendo Basahuye Ikigo Nderabuzima Nyuma yo Gusubiranamo, Banakorera Abaturage Ibya Kinyamaswa

Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...

Perezida Ndayishimiye na Tshisekedi bahiye ubwoba bwinshi cyane bakimara kubona intwaro idasanzwe y’ingabo z’u Rwanda batari bazi ko zifite

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari kakomeje kuzamo umwuka mubi w’umutekano muke, amagambo akakaye n’imyitwarire ya gisirikare, hari ikintu gishya cyatumye impungenge z’abayobozi bo mu...

Goma: Hateguwe imyigaragambyo karundura isaba ko ingabo z’u Rwanda na AFC/M23 bava mu bice bafashe muri RDC?

Mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje kwiyongera igitutu cy’abaturage basaba amahoro arambye n’ihagarikwa ry’intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima...

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

AFC/M23 yakubise iz’akabwana FARDC n’abambari bayo bayabangira ingata, Gen. Makenga atangaza intambwe nshya y’urugamba.

Imirwano ikaze irakomeje mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23)...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img