25.2 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026
HomeTagsWazalendo

Tag: Wazalendo

spot_img

RDC mu marira n’icuraburindi: Ibisasu 150 biremereye cyane byarashwe n’Ingabo z’u Burundi kuri AFC/M23 byahitanye benshi, binasenya ibikorwaremezo

Santere ya Kamanyola, iherereye muri Teritwari ya Walungu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yongeye kwinjira mu mateka mabi...

Makobola mu Mwijima: Abarwanyi ba FARDC na Wazalendo Basahuye Ikigo Nderabuzima Nyuma yo Gusubiranamo, Banakorera Abaturage Ibya Kinyamaswa

Makobola, umujyi uherereye mu gace ka Babungwe ya Ruguru muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, wongeye kwinjira mu bihe by’akababaro n’ubwoba...

Goma: Hateguwe imyigaragambyo karundura isaba ko ingabo z’u Rwanda na AFC/M23 bava mu bice bafashe muri RDC?

Mu mujyi wa Goma, umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje kwiyongera igitutu cy’abaturage basaba amahoro arambye n’ihagarikwa ry’intambara imaze imyaka myinshi ihitana ubuzima...

RDC: Menya amakosa akomeye cyane Ingabo z’u Burundi zakoze mu ntambara yahaye AFC/M23 icyuho cy’intsinzi muri 2025.

Mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu mwaka wa 2025, Ingabo z’u Burundi zari mu zikomeye zoherejwe gufasha Leta...

2025: Umwaka wahinduye isura y’intambara mu Burasirazuba bwa RDC, AFC/M23 igira ijambo ku butaka buruta ubw’u Rwanda

Umwaka wa 2025 uzibukwa nk’uwahinduye byinshi ku ntambara imaze imyaka myinshi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ni umwaka waranzwe n’ihindagurika rikomeye...

AFC/M23 yakubise iz’akabwana FARDC n’abambari bayo bayabangira ingata, Gen. Makenga atangaza intambwe nshya y’urugamba.

Imirwano ikaze irakomeje mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23)...

“Iyi ntambara turi hafi kuyitsinda” – Gen. Makenga asaba abayoboke ba AFC/M23 kudacika intege no gukomeza kwitanga.

Umugaba Mukuru w’Ingabo z’ihuriro AFC/M23, Gen. Sultani Makenga, yatangaje ko intambara barimo kurwana n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igeze mu cyiciro gikomeye,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img