24.2 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAndi makuruRIP Niyonsenga! Umusore witwa Niyonsenga wari umaze amezi atatu ashatse umugore yatewe...

RIP Niyonsenga! Umusore witwa Niyonsenga wari umaze amezi atatu ashatse umugore yatewe icyuma arapfa azizwa inkumi

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu  Mudugudu wa Rushikiri, Akagari ka Murehe, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, mu ijoro ryo kuwa 16 Werurwe  2024 habereye urugomo rwaje no kuviramo urupfu uwitwa Niyonsenga Fabien. 

Niyonsenga Fabien w’imyaka 26, yatewe icyuma n’abasore babiri bacyekwa aribo, Hatangimana Fidèle w’imyaka 28 afatanije na Dushimimana Emmanuel w’imyaka 19. Bahise batabwa muri yombi bose. 

Amakuru avuga ko aba bombi barwanye bapfa umukobwa ukora mu kabari bari bari kunyweramo bikarangira Niyonsenga Fabien atewe icyuma. 

Niyonsenga Fabien yajyanwe ku kigo nderabuzima igitaraganya, agezeyo yoherezwa ku bitaro bikuru bya Remera Rukoma ariko biba ibyubusa ahasiga ubuzima. 

Amakuru kandi akomeza avuga ko uyu musore wakomokaga mu karere ka Ngororero, yitabye Imana amaze amezi atatu gusa ashakanye n’umugore we babanaga. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here