29.8 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026
HomeAndi makuruUmuzungu Wakennye Mu Rwanda Asigaye Yahirira Ingurube? Amafoto + Video.

Umuzungu Wakennye Mu Rwanda Asigaye Yahirira Ingurube? Amafoto + Video.

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Ni kenshi cyane ko abantu batuye kuruyu mugabane w’ Africa buruhu rwirabura iyo babonye Umuntu w’uruhu rwera bamutekerezaho ibintu bi biri , icyambere kuba afite amafaranga menshi , icyakabiri kuba arumuntu w’ umuhanga ( kugira ubumenyi runaka) 

Ibi biratandukanye cyane ndetse na cyane kuri CHIRIS EMMANUEL, umugabo wijigija rigeze mu myaka 58 y’ amavuko. 

Uyu mugabo atuye mu ntara y’Amajyepfo , mu karere ka Huye, arubatse afite umugore nabana atifuje gutangaza umubare. 

Aganira n’umunyamakuru wa Afrimax tv, yabanje kumubwirako kuriwe nubwo bamwita Umuzungu ko we yumva ntacyo bimubwiye kuko gukena atabifata nkingeso ahubwo ari ibintu byizana umuntu atabigizemo uruhare. 

Uyu mugabo yavuzeko papa we umubyara ari umubirigi naho mama we akaba umunyarwandakazi, ati” “Papa yigishaga kabutare muri Ecole Aritizana (Agricole)  uko yabyaranye na mama ntumubimbaze sinarimpari nagiye kumenya ubwenge papa wange mbona ampunga , Ubwo narimfite imyaka 15 y’ amavuko nabonaga papa wange akampunga, akiruka rwose ntiyemereko duhura”. 

Yajyaga avugako iwabo nibamenya ibyo yakoreye ino mu Rwanda ko bazamukubita biryo rero agahitamo kutanyegera akampunga. 

Umunyamakuru amubajije niba yarize, yasubijeko yize agarukira mu mwaka wa gatatu w’ amashuri abanza, aho ngo hakoraga ikimenyane kinshi ni mu myaka yi 1974 -1975. 

Ati: “agiye gusibira bambwirako nta muzungu utazi ubwenge ngo iyo umuzungu atamenye ubwenge aba ari ikirumbo, nuko natakaje amashuri yange”. 

Inkuru yabaye Ikimenywa nabose ubwo uyu muzungu yamaze kubona akennye maze agahitamo korora ingurube none kurubu abamubonye bose avuye kwahirira ayo matungo ye bamuha urwamenyo ngo umuzungu wahirira ingurube. 

Muraka gace atuyemo niwe nkuru aho ahise hose bati dore wamuzungu wahirira ingurube. 

kuriwe avugako yarangije kwiyakira kuko ibibazo yahuye nabyo ubwabyo birahagije kuko avugako nyuma y’ubukene numugorewe yaje kurwara indwara yo mumutwe ko ibyo byose yabyakiriye. 

Reba Video hano hasi 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here