29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeImikinoSarpongo uheruka gushengura imitima y’abafana ba Gikundiro yongeye gushimangira ko akunda APR...

Sarpongo uheruka gushengura imitima y’abafana ba Gikundiro yongeye gushimangira ko akunda APR FC kurenza Rayon Sports

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Umufana wahoze ari uwa Rayon Sports yagaragaye mu marangi ya APR FC avuga ko kuva na kera yakundaga APR FC ikipe umubyeyi asanzwe afana. 

Mu kiganiro na Lorenzo wa RBA nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2:0, umufana wa APR FC Sarpongo , yashimangiye ko iyi kipe ariyo ifite abafana benshi ndetse ko ntahandi yajya.Yagaragaje ko urukundo akunda APR FC yarukuye ku mubyeyi we. 

Sarpongo yakomeje avuga ko amakipe atazasohokera Igihugu agomba gusigira ku rugo neza. 

Ati: ”APR FC narayikundaga kuva na kera, kandi aho ndi niheza. Amakipe atazasohoka azasigare ku rugo. Rayon Sports sinayivuga kuko ntabwo nyizi rero sinayivuga”. 

Ibyo kuba APR FC yazagera mu matsinda Sarpongo yavuze ko “Kugera mu matsinda nibyo twifuza ariko bitabaye tuzakira ibyo Imana izaduha”. 

Kugeza ubu , ikipe ya APR FC isigaje umukino umwe ngo irangije Shampiyona idatsinzwe na rimwe. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here