29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeUbuzimaBigenda Gute Ku Mugore/Umukobwa Ukunda Kunywa Amasohoro?

Bigenda Gute Ku Mugore/Umukobwa Ukunda Kunywa Amasohoro?

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gutera akabariro uko babyifuza mu gihe cyose umwe yifuje mugenzi we ntawe ubihatiwe 

Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gutera akabariro bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe. 

Ikoranabuhanga uko ryagiye ryaduka rikanarushaho kwigarurira Isi, niko ryagiye ritiza umurindi abantu benshi mu kwishora mu busambanyi bitewe n’uko hari ibyo bagenda babona byadutse mu bice bimwe na bimwe by’isi baherereyemo. 

Bumwe mu buryo bumenyerewe karemano bwo gutera akabariro, ni igihe igitsina cy’umugabo cyinjira mu cy’umugore kugera ubwo ibyishimo byabo bigeze ku ndunduro . 

Bavuga ko umugabo ibyishimo bye byageze ku ndunduro igihe yamaze gusohora. Aya masohoro rero hari abagore badakunda ko ajya mu gitsina kuko ngo afatwa nk’imari ishyushye mu mubiri wabo ahubwo bakifuza ko asohorerwa mu kanwa. 

Ese akamaro k’amasohoro n’akahe mu gihe umugore ayanyweye? 

1-Ubushakashatsi bugaragaza ko umugore wanyweye amasohoro aba afite amahirwe menshi yo kutarwara indwara zibasira ubwonko. Aha twavuga nk’agahinda gakabije, umutwe udakira. 

2.Kunywa amasohoro ,bigabanya ubwoba.Urugero ; hari abantu bagira ubwoba nko mu gihe bagiye mu kizamini cy’akazi cg cyo mu ishuri. Icyo gihe rero ngo uwayanyweye bimwongerera imisemburo igabanya ubwoba. 

3-Umugore wanyweye amasohoro ngo agira ibitotsi byiza kuko umusemburo witwa melatonin urushaho gukora cyane. 

4-Amasohoro yongera imbaraga(energy). Umugore wanyweye amasohoro ngo usanga afite umurava mu kazi ke ka buri munsi ngo kabone n’iyo arimo gutera akabariro aba yashishikaye. 

5-Kunywa amasohoro bigabanya umuvuduko w’amaraso ku mugore utwite.Iyo umugore atwite usanga akunda kugira umuvuduko w’amaraso uri hejuro rimwe n’arimwe akaba yagira isereri, ariko ngo uwanyweye amasohoro ngo bishobora kuba umuti mwiza.

6-Umugore wanyweye amasohoro ngo ntapfa kwibagirwa, kuko ngo usanga akungahaye ku binyabutabire bifasha uwayanyweye ku gira umusemburo wiganza ku gice cy’ubwonko cyibutsa. 

7.Amasohoro acyesha uruhu.Umugore unywa amasohoro ngo usanga uruhu rwe rucyeye rukanyerera kuko aba arimo ikinyabutabiro cya Zinc cyongera ubudahangarwa bw’umubiri. 

Gusa n’ubwo ubushakashatsi bugaragaza ko amasohoro ari meza ku mugore wayanyoye, urubuga rwa readunwritten.com ruvuga ko hari n’ingaruka mbi agira.Muri izo , harimo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina nka gonorrhea , bacteria n’izindi. 

Ikindi umugore ukunda kunywa amasohoro , ngo aba afite ibyago by’uko inzira ye y’ubuhumekero idakora neza,kugira uburyaryate no kuribwa bya hato na hato. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here