Umutoza wa Tottenham, Ange Postecoglou,yatangaje ko bafite gahunda yo gutsinda Man City kuri uyu wa Kabiri bakayitesha igikombe.
Uyu yavuze ko nta gahunda bafite yo...
Ubuyobozi bw’Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, bwemereye abaturage bo mu Minembwe ko ingabo zabo arizo zaraye zirashe abaturage babiri bakomeretse.
Ni mu...
Perezida wa PDI, Sheikh Musa Fazil Harerimana yagarutse ku ngingo zinyuranye zirimo kuba barahisemo gushyigikira Paul Kagame, icyo batekereza ku muntu ushobora kumusimbura ndetse n’uko...
Umunyeshuri w’umukobwa wigaga muri Kaminuza ya MKU (Mount Kenya University) yo mu gihugu cya Kenya, yasanzwe yapfiriye mu nzu yakodeshaga, nyuma y’amasaha make, hari...
Amakuru aturuka mu Minembwe ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, avuga ko abaturage babiri baraye barashwe barakomereka mu gitero gikomeye cyane bagabweho.
Aba baturage barashwe ku...