23.1 C
Africa
Donderdag, Mei 14, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Amakuru mashya y’ibyabaye ku itsinda ry’Abanyapolitiki bakomeye n’abaturage basanzwe muri RDC bashinjwa gukorana na M23.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Inzego z’umutekano zafashe itsinda ry’abantu bagaragajwe nk’ ’“abagambanyi” kandi bakorana na M23 muri Kivu...

Ingabo za SADC zashyamiranye n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihita zikizwa n’amaguru

Amakuru aturuka ku mbuga y’urugamba mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko gufatwa kwa centre ya Nyanzale, byaviriyemo guhunga kw’ingabo za...

Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yarusimbutse nyuma y’uko agabweho igitero gikomeye cyane.

Biravugwa ko Perezida Volodymyr Zelenskyy wa Ukraine yarusimbutse nyuma y’uko igisirikare cy’u Burusiya, cyageragezaga kumugabaho igitero gikomeye cyane kigamije kumwica.  Ibi byabaye ku wa Gatatu, tariki...

Burundi: Perezida Evariste Ndayishimiye yahagaritse mu kazi abayobozi babiri abaziza umwanda.

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye, yanyujije umweyo mu mujyi wa Bujumbura anahagarika abayobozi babiri bakomeye muri Leta abaziza umwanda.  Ibi...

Hamenyekanye abakomeye bakomeje kungukira mu ntambara ihanganishije M23 na FARDC n’abambari bayo

Haravugwa ubujura budasanzwe mu buyobozi bw’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, FARDC, n’Abanyapolitiki bakomeye muri Guverinoma bukomeje gukorerwa mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.  Ni...

M23 nyuma yo kwigarurira agace ka Somikivu gakungahaye ku mabuye y’agaciro ubu ihanganiye na Wazalendo/Fardc i Kibirizi

Kuri uyu wa kane tariki 07 Werurwe 2024, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kibirizi muri Rutshuru hubuye imirwano hagati ya Wazalendo/FARDC...

Nyuma yo gufata Nyanzale, M23 ihanganye na FARDC n’abambari bayo biyongereyemo u Burusiya iri gusatira agace ka Somikivu gakungahaye ku mabuye y’agaciro

Nyuma y’uko yigaruriye agace ka Nyanzale kari gasanzwe kagenzurwa n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo hamwe n’abo bafatanyije urugamba, ubu M23 ikataje yerekeza...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img