36.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025

Diane Ihogoza

spot_img

Minisitiri w’Intebe wa Zimbabwe yasezeranye n’umukunzi we yirengagije umwanzuro w’urukiko

Minisitiri w’Intebe wa Zimbabwe, Morgan Tsivangirai, yaserezanye kuzabana akaramata n’umukunzi we imbere y’amategeko gakondo yemera gushaka abagore barenze umwe. Ibi yabikoze nyuma y’uko urukiko...

Yezu ashobora kuba yari afite umugore

Umushakashatsi witwa Karen King wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko hagaragaye inyandiko yanditswe mu kinyejana cya kane igaragaza ko Yezu ashobora...

Umuryango wa GAERG wakanguriye abana kwita ku buzima bwo mu mutwe

Umuryango w’abahoze ari abanyeshuri barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, GAERG, watanze ibiganiro mu bigo by’amashuri arimo n’abanza, mu gukumira ko abana bakura badafite amakuru ahagije...

Ngoma: Abaturage 568 basanganywe virusi itera Sida mu murenge umwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima, RBC, cyatangaje ko mu bantu bakora uburaya usanga abarenga 36 mu bantu 100 bafite agakoko gatera SIDA, ibintu bisaba guhagurukirwa kugira...

Habonetse umuti utanga icyizere ku gukira indwara ya Alzheimer itera kwibagirwa

Sosiyete Eli Lilly yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko icyizere ku bushakashatsi bwari bumaze iminsi bukorerwa ku muti wayo wa Donanemab...

Ibidasanzwe kuri Syngenesophobia, indwara y’ubwoba bwo gutinya abo mu muryango wawe

Syngenesophobia ni indwara y’ubwoba itera umuntu gutinya abo mu muryango we buri uko ababonye cyangwa abatekerejeho, ibimutera kujya kure yabo ntiyifuze kubabona. Igitabo cyashyizwe hanze...

Abafite ibibazo byo mu mutwe bagiye kujya bafashirizwa ku Bigo Nderabuzima

Inzego z’ubuzima mu Rwanda zigaragaza ko nyuma ya COVID-19 ibibazo byo mu mutwe mu Banyarwanda byiyongereye cyane kubera ingaruka iki cyorezo cyagize ku baturage...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img