21.3 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Nyuma yuko Gen. Tshiwewe avuye i Goma, abatuye muri uyu mujyi bahise batangira kumva urufaya rw’ibisasu biremereye cyane biri kwisukiranya

Ibitero by’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri M23, byamaze gutangira mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo,...

Bahise basubiranamo: Ingabo za MONUSCO ziheruka kwinjira mu rugamba byeruye ntizicana uwaka na bamwe mu bambari ba FARDC

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba muri Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, avuga ko Imodoka ya gisirikare y’ingabo za MONUSCO, yahagaritswe na...

Umwe mu ndwanyi kabuhariwe mu ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC yiciwe ku rugamba.

Umwe mu ndwanyi za Wazalendo wari uzwi cyane mu bikorwa byo kwica no gusenyera Abanyamulenge yaraye apfiriye ku rugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,...

Ibindi bihugu by’ibihangange ku Isi biri kotsa igitutu Félix Tshisekedi bimusaba kujya mu biganiro by’amahoro.

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irangajwe imbere na perezida Félix Tshisekedi yokejwe igitutu asabwa gutera intambwe akajya mu biganiro na M23 nk’umuti...

Hamenyekanye amakuru mashya y’ibya Kinyamaswa Perezida Ndayishimiye ari gukorera Abasirikare b’u Burundi batinye kujya kurwana na M23.

Biravugwa ko Urwego rushinzwe ubutasi mu Burundi (SNR) rwatangiye kwica Imbonerakure n’abasirikare ba kiriya gihugu batinye bakanga kujya mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi ari mu mazi abira nyuma y’ibyo Abarundi batangiye kumukorera

Ishyirahamwe rigizwe n’abagore b’Aarundi ryitwa “Inamahoro,” ryatangaje ko rihangayikishijwe n’abasirikare b’iki gihugu boherezwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mirwano idafitiye inyungu...

Ingabo za MONUSCO zigiye kwinjira mu rugamba rweruye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko Ingabo z’u muryango w’Abibumbye zishinzwe kubungabunga amahoro, MONUSCO, zigiye kwinjira mu mirwano M23 ihanganyemo...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img