22.6 C
Africa
Sondag, Mei 10, 2026

Anne Layla Kamanzi

spot_img

Hateranye inama idasanzwe nyuma yuko FARDC n’abambari bayo bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera ibyo M23 ishobora gukora

Muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,  hateraniye inama idasanzwe yari iyobowe na minisitiri w’ingabo z’iki gihugu, Jean Pierre Bemba Gombo, ikaba yarateranye ku mpamvu...

Itangazo karundura rirebana n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC ryiswe ikinyoma cyambaye ubusa nyuma yuko rivuzweho na Tshisekedi.

Itangazo ryavugaga ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zokeje igitutu u Rwanda ku bijyanye n’intambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaje...

M23 iratabariza abaturage kubera igikorwa cya kinyamaswa bari gukorerwa na FARDC n’abambari bayo nyuma yo kwamburwa ibice by’ingenzi.

M23, iratabariza abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje gukorerwa ubugizi bwa nabi n’Ingabo za FARDC n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta...

Bahise bakora inama karundura: Hamenyekanye amayeri FARDC igiye gukoresha nyuma yo kwamburwa ibice by’ingenzi na M23

Ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa mbere tariki 05 Gashyantare 2024 ryongeye kugaba ibitero biremereye rikoresheje...

Abanye-Congo basohoye itangazo karundura ryamagana ingabo za SADC zikomeje kurwanya M23 zirengagije ibikubiye mu masezerano zasinyanye na Tshisekedi

Ubuyobozi bw’urubyiruko rw’Abanye-Congo binyuze muri bwana Mutingwa Alimas Richard, bwamaganye bivuye inyuma icyemezo cyafashwe n’ingabo z’ibihugu bigize umuryango w’iterambere ry’Afrika y’Amajy’epfo, SADC, cyo kudafasha igisirikare...

U Burundi bwohereje abandi basirikare benshi cyane bagiye kurwana na M23 nyuma yuko yambuye FARDC ibice bitatu by’ingenzi.

Guverinoma y’u Burundi irangajwe imbere na Perezida Evariste Ndayishimiye yohereje abandi basirikare benshi cyane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru guhangana na M23 nyuma yuko...

M23 yerekanye abandi basirikare benshi b’u Burundi harimo n’abari k’urwego rwa Major na Col. yafashe mpiri bahita bamagana Perezida Ndayishimiye.

M23 yeretse abanyamakuru abasirikare b’u Burundi bafashwe matekwa mu mirwano ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo na M23, mu Burasirazuba bwa...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img