25.6 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Amakuru

spot_imgspot_img

Kigali: Umugore yafashwe asambana, abwira umugabo we ko ubukwe bakoze bwari “Anniversaire”

Muhima Michel usanzwe utuye mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo yatangaje ko yasanze umugore babanaga yararanye n’undi mugabo, amubajije impamvu amubwira ko ubukwe...

Kuki u Rwanda rugiye gukora Indangamuntu nshya izabika imboni n’ibikumwe byose, kandi ikazaba atari ngombwa kuyigendana? -Sobanukirwa

Leta y’u Rwanda irateganya gutanga amakarita ndangamuntu mashya azaba akozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga umuntu azaba ashobora kugendana muri telefoni ye ku buryo bitazaba bikinari...

Nyuma y’imvura nyinshi yahitanye abantu, umugi wa Kigali ufashe ingamba zikomeye zirikuvugwaho na benshi

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko kugeza muri Mata 2024 nta muntu uzaba akibarurwa mu batuye mu manegeka mu Mirenge ya Muhima, Gitega, Rwezamenyo...

Imvura idasanzwe yafunze umuhanda munini wa Masaka

Imvura idasanzwe yangije umuhanda mu nini wa Masaka . Iyi mvura ikaba yatangiye kugwa isaa kumi n’ebyiri za mugitondo ,iyi mvura kandi ikaba yatumye...

Meya yasezeye ku mirimo ye nyuma yo gutwikirwa inzu ye

Meya wa Saint Brevin Les Pins , muri komine ya Loire Atlantique wari ushinzwe poroje yo gutegura impunzi  zihungira , kutariki ya 10 yanditse...

Umukinnyi w’Umunyarwanda urusha bagenzi be impano yateye intambwe yo gusinyira APR FC nyuma y’igihe gito yumvikanye na Rayon Sports

Nyuma y’igihe gito bivugwa ko ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana n’umukinnyi witwa Iradukunda Simeon ukinira Gorilla FC byahise bizamo kidobya kuko APR FC...

Abaturage ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika bahinze Umushyitsi kubera Urupfu rwa Irutingabo Derrick?

Abantu babiri barimo Derrick Irutingabo bapfuye abandi batanu barakomereka, nyuma yo kurasirwa mu birori by’isabukuru mu Majyepfo ya California muri Leta zunze Ubumwe za...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img