Imirwano yubuye muri teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi irenga 10.
Perezida...
Amatora ari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo akomeje kugaragaramo amanyanga menshi, kugeza aho muri Kindu site y’amatora bayishyize mu rugo rwa Guverineri w’Intara...
Ibisubizo by’ibyavuye mu matora y’ejo kuwa gatatu tariki 20 Ukuboza byagaragaye kuva mu gitondo cyo ku wa kane mu bigo byinshi bikoreramo ibiro by’amatora...
Biravuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo z’iki gihugu, Gen. Christian Tshiwewe Songesa yagabanyirijwe ubushobozi, yamburwa zimwe mu nshingano.
Tshiwewe ni Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC kuva...
Umunyamurenge w’umupolisi yakubiswe agirwa intere nyuma y’uko ahagarariye amatora kuri site imwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamwita umunyarwanda.
Ibi byabaye kuri uyu wa...