Umusirikare wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) yakubiswe n’abaturage bo mu Birere mu Mujyi wa Goma, bamugira intere nyuma y’uko nawe yari amaze...
Kuwa gatandatu tariki ya 20 Mata 2024 nibwo abayobozi ba AFC/M23 bagaragiwe n’abandi bari bamaze gusoza amahugurwa y’iminsi 14; bakoze urugendo rw’Amahoro rugamije kubohoza...
Igitangazamakuru cyitwa Bloomberg cyatangaje ko mu makuru cyahawe n’abantu bo mu Burengerazuba bw’Isi, u Rwanda rushinjwa kugira abasirikare babarirwa mu 3,000 muri Repubulika Iharanira...
Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo; Umunyamulenge yagambaniye bagenzi be barimo abasirikare 5 ndetse n’abasivile 2 bibaviramo kujya gufungirwa i Kinshasa.
Ibi byabereye i Bukavu...
Barikumwe na General Sultan Makenga, none kuwa gatandatu tariki ya 20 Mata 2024; hakozwe urugendo rugamije kubohora Repubulika ihanira Demokarasi ya Congo, ni urugendo...