34 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Abavoka ku rwego mpuzamahanga bari gutegura ibirego karundura kuri Genocide ikorerwa Abatutsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo

Abavoka barimo Bernard Maingain n’abandi bagaragaza ko ibyo Abanyamulenge, Abahema n’Abatutsi bose muri rusange, barimo gukorerwa mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...

Mu majyaruguru y’u Burundi haravugwa igitero gikomeye cyane cyahitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuri uyu wa mbere tariki ya 26 Gashyantare 2024, mu majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi hadutse intambara ikomeye...

Perezida Tshisekedi yibukijwe ko iyo umubu ukurumye ku bugabo bwawe udakwiye guhita uwukubita ukoresheje imbaraga nyinshi. Video

Perezida Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yibukijwe ko iyo umubu ukurumye mu myanya y’ibanga (ku bugabo bwawe) udakwiye guhita uwukubita ukoresheje imbaraga nyinshi...

Amakuru mashya y’ibyo Abasirikare b’u Burundi bagiye muri RDC kurwana na M23 batangiye gukorera abayobozi bakuru babo n’ubutumwa bukomeye bahaye Perezida Ndayishimiye

Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba, avuga ko abasirikare b’u Burundi bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo kurwana na M23, batangiye...

Hamenyekanye ibyo Evariste Ndayishimiye yaganiriye na Salva Kiir Mayardit uyobora umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC.

Ku wa gatanu tariki ya 23 Gashyantare 2024, Perezida wa Sudani y’Epfo akaba n’umuyobozi mukuru w’umuryango w’Afrika y’iburasirazuba, Salva Kiir Mayardit yagiranye ibiganiro na...

Impinduka zikomeye mu ihuriro rya AFC rigamije gushyira akadomo ku butegetsi bwa Félix Tshisekedi Tshilombo.

Hakozwe impinduka zikomeye muri AFC iyobowe na Corneille Nangaa, ikaba igamije gushyira akadomo ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bukomeje kugirira nabi abaturage ba...

Hamenyekanye amahano Leta y’uBurundi, Tanzaniya na HCR bari gukorera impunzi bikazishyira mu kaga gakomeye

Abarundi bahungiye mu nkambi ya Nyarugusu muri Tanzaniya baraye babwiwe ko basigaranye amezi 10 yonyine ngo babe bavuye kubutaka bwa Tanzaniya  Ni nyuma y’aho usanzwe agenzura...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img