34 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Ubwami bw’Abarabu bwahaye igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo intwaro zo kwifashisha mu bikorwa byo kwica abaturage

Mu rwego rwo kongera imbaraga mu  gucungira  umutekano umujyi wa Goma wamaze kugotwa na M23 no gukomeza kumisha ibisasu biremereye mu baturage, igisirikare cya FARDC...

Perezida Tshisekedi yagaragaye ari gutukana mu ruhame kuri Televiziyo y’igihugu anashima abakomeje gukorera abaturage ibya kinyamaswa

Mu ijoro ryakeye rishyira kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Gashyantare 2024 Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo yatanze ikiganiro ku baturage bose...

Bwa mbere Cornelle Nangaa yagaragaye mu mpuzankano ya gisirikare ateguza Perezida Tshisekedi akaga gakomeye cyane

Ku nshuro ya mbere Corneille Nangaa ukuriye Alliance Fleuve Congo, yagaragaye mu mwamwambaro wa gisirikare, aho yari mu bice byo mu ntara ya Kivu...

Abarundi bahiye ubwoba bwinshi cyane kubera inyeshyamba zitwaje intwaro kirimbuzi ziri gutembera muri bo ku manywa y’ihangu. Amafoto

Abaturage b’u Burundi baba kunkengero z’ishyamba rya kibira muri Komine ya Muruta n’iya Kabarore mu ntara ya kayanza, bavuga ko bamaze iminsi babona amatsinda...

Bwa mbere Afurika yunze ubumwe yagize icyo ivuga ku mutekano mucye mu Burasirazuba bwa RDC, inasaba ikintu gikomeye u Burayi na Amerika.

Ku nshuro ya mbere, Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe wasabye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuganira n’u Rwanda.  Ku munsi w’ejo tariki ya...

Hamenyekanye amakuru atari meza kuri Lt.Gen Apollinaire HAKIZIMANA uzwi nka Poète usanzwe ari umuvugizi wungirije wa FDLR

Akanama gashinzwe umutekano mu muryango w’Abibumbye LONI, katangaje ko kafatiye ibihano abarwanyi batandatu b’imitwe itandukanye ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.  Ni...

Burundi: Minisitiri Albert Shingiro yatumye benshi bacika ururondogoro nyuma yuko ahawe agashimwe katabaho.

Minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro yahawe agashimwe katarigera gahabwa undi muntu uwo ari we wese kuri iyi si dutuyeho.  Ni agashimwe Minisitiri w’ubanye Shingiro yaherewe...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img