36 C
Africa
Maandag, Mei 11, 2026

Politike

spot_imgspot_img

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo yatangaje ko atumva impamvu ingabo z’igihugu cye ziri gupfira muri Congo anavuga ko impamvu M23 irwanira zumvikana

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Thabo Mbeki, ntiyumva impamvu ingabo z’i gihugu cye ziri gupfira muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aho zagiye...

U Rwanda rwasabye LONI kureka guha Ubufasha FDLR n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC runavuga icyo rugiye gukora.

U Rwanda rwagaragarije Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano impungenge rutewe n’ubufatanye bw’Ingabo zihanganye na M23 harimo iza Afurika y’Amajyepfo, SADC, n’imitwe yitwaje intwaro irimo...

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yakije umuriro nyuma yo gutangaza ko abasirikare benshi b’iki gihugu bazapfira muri RDC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa n’umuyobozi w’ishyaka EFF rihirimbanira ukwishyira ukizana mu bukungu, Julius Malema, ntibahuza imvugo ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe ku rugamba...

Urugamba rwahinduye Isura hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo, abacancuro barwinjiramo ari benshi cyane.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Gashyantare 2024, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo hazindukiye imirwano hagati ya M23 n’ihuriro...

Bwa mbere igihugu gikomeye mu Burayi cyemeje ku mugaragaro ko M23 yakoze mu bacancuro bacyo baje guha umusada FARDC

Ku nshuro ya mbere, Guverinoma y’igihugu cya Roumanie cyo ku mugabane w’u Burayi yatangaje ko babiri mu bahoze ari abasirikare bayo baheruka kwicirwa muri...

Bageze aho umwana arira Nyina ntiyumve: Ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa FARDC ryinjiye mu kaga gakomeye cyane i Nyanzare.

Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko muri Centre ya Nyanzare,...

RDC: Ibirindiro bikomeye bya gisirikare bya Afurika y’Epfo byagabweho igitero simusiga cyahitanye ubuzima bwa benshi kinasiga inkomere nyinshi.

Igisasu kiremereye cyaguye mu birindiro by’Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyica abasirikare benshi,...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img