Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2024, nibwo Sama Lukonde wari minisitiri w’intebe muri guverinoma Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasabye kwegura kuri...
Ikibazo cy’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, cyizwe mu Nama y’u muryango w’Afrika yunze ubumwe ya 37 yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango...
Bravugwa ko Lt Col Aaron Ndayishimiye wayoboye igitero cyagabwe kuri M23 kikaza kugwamo abasirikare benshi, abandi benshi bagafatirwa ku rugamba mu ntara ya Kivu...
Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Ku kibuga cy’indege cya Goma, mu Ntara ya Kivu...
Amakuru aturuka ku mirongo y’imbere ku rugamba avuga ko M23 yarwaniriye abasivile yambura ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ibirimo...