35.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Ubuzima

spot_imgspot_img

Perezida wa Kenya arishimira umuganda wa Kiliziya Gatolika mu iterambere ry’Igihugu

Perezida wa Kenya William Kipchirchir Samoei Arap Ruto yatangaje ko iki gihugu gishima uruhare Kiliziya Gatolika igira mu iterambere ry'igihugu. Ibi yahitangaje nyuma yo kwakira...

Hari byinshi byateye urujijo ku rupfu rwe: Umunyeshuri witeguraga gukora ikizamina cya Leta yapfiriye mu isomo rya siporo

Umunyeshuri witwa Ntihinyurwa Pierre w’imyaka 13 y’amavuko, wigaga mu mwaka wa Gatandatu w’amashuri abanza, kuri Gs Mahoko iherereye mu Murenge wa Kagano, Akarere ka...

Inkuru ishimishije ku muntu wese utinya kwandura SIDA

Kugeza ubu; Zimbambwe yabaye igihugu cya Mbere muri Afurika yose gitangije urukingo rwa Virusi itera Sida ikomeje kwica benshi ku isi. Leta ya Zimbabwe yatangaje...

Inkuru yihutirwa: Umusirikare washyize hanze amakuru y’ubuzima bwa Perezida Tshisekedi yishwe  

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo Kinshasa biravugwa  ko umwe mu basirikare bahafi bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu Antoine Felix Tshisekedi yaba yishwe umurambo we...

Ubwato bwari butwaye imiti ivura inkomere k’urugamba FARDC ihanganyemo na M23 bwarasiwe muri Kivu

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Werurwe 2024; ibisasu biremereye byatewe ku bwato bwari butwaye imiti bwerekeza muri Minova muri Teritwari ya Kalehe...

Rwanda: Ababyeyi bafungiye mu magororero bagiye kujya bahabwa ifunguro ryihariye

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimama Jean Claude, yatangaje ko mu iteka rigenga amagororero ririmo gutegurwa hateganyijwemo amabwiriza azagenera ifunguro ryihariye abagore batwite, abonsa n'abandi bafite...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img