32.7 C
Africa
Vrydag, April 24, 2026
HomeCorneille Nangaa yageze muri RD-Congo »Reba agace arimo nicyo yasabye abaturage

Corneille Nangaa yageze muri RD-Congo »Reba agace arimo nicyo yasabye abaturage

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Corneille Nangaa yashyize umukono ku itangazo rihamagarira abanyekongo kuba umwe no kugira ubafatanye kugushaka icyazana amahoro muri RDC; Umukono wa Nangaa ugaragaza ko yaba ari i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Iri kandi ni tangazo rya mbere Nangaa, ashyizeho umukono agaragaza ko ari muri RDC. Itangazo yashyizeho umukono riravuga ko AFC irahamagarira, imitwe ya politike yose ikorera k’u butaka bwa RDC, za Sosiyete sivile, urubyiruko, abagore ndetse n’Abanyekongo bose bari mu mahanga, gushishikara, mu bikorwa bigamije gushiraho iherezo ubutegetsi, bwa perezida Félix Tshisekedi.

Iri tangazo rikomeza kandi rigira riti: “Turanashishikariza, abanyekongo kuba umwe no kugira ngo dushake icyazana amahoro muri RDC.”

Muri iri itangazo Nangaa asoza agira ati: “Turashaka, i Gihugu, gifite ubwumvikane, kwizerana no kurangwa n’umuco mwiza.”

Corneille Nangaa  yanditse iri tangazo  mu gihe leta ya Kinshasa, ishinjwa na M23 kongera kugaba ibitero bakoresheje i ndege z’intambara zo mubwoko bwa Sukhoï-25, aho byanavuzwe ko biriya bitero byasize bihitanye abasivile muri Karuba.  Byavuzwe ko hapfuye abantu 5, abandi benshi barakomereka harimo n’aba buriwe irengero. 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img