Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye Allan Kasujja umwe mu bayobozi bakuru ba Leta, amuha inshingano zo kuyobora Media Centre nk’Umuyobozi Mukuru...
Umutwe wa MRDP–Twirwaneho watangaje impuruza ku byo uvuga ko ari imyiteguro y’ibitero bikomeje gukorwa n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira...
Perezida Paul Kagame yanenze imyifatire y’ibihugu by’i Burayi na Amerika iyo bigeze ku mubano wa Afurika n’u Bushinwa cyangwa u Burusiya, avuga ko nta...
Umutwe wa M23 wahagaritse urugendo rwo gushyira intwaro hasi nyuma y’uko Perezida Felix Tshisekedi yeruye ko nta biganiro Guverinoma ye iteze kugirana na wo.
Tshisekedi...
Umukobwa w’imyaka 44 y’amavuko ukora umwuga w’ubuforomokazi muri Leta ya New Jersey muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika arwaye indwara yitwa (Persistent Genital Arousal Disorder)...