33.7 C
Africa
Maandag, April 27, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Dore ibigiye kuba kubanyarwanda bahombeye muri STT byahindutse impozamarira

Abanyarwanda bamwe kugeza ubu bari kurira ayo kwarika nyuma yo gushora amafaranga yabo mu kigo Super free to trade Ltd (STT) bizezwa inyungu y’umurengera...

Perezida Kagame yakuriye inzira ku murima kimwe mu bihugu bigize umuryango wo gutabarana wa NATO cyanze Ambasaderi w’u Rwanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, mu kiganiro na Jeune Afrique cyashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere ushize, Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda...

Abasirikare babiri bo ku rwego rwa Ofisiye bakurikiranyweho kunyereza umushahara wa bagenzi babo

Kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Werurwe 2024, Urukiko Rukuru rwa Gisirikare i Goma muri Kivu ‘amajyaruguru rwatangiye urubanza ruregwamo abasirikare babiri bashinjwa kwiba...

Nibyo Abakinnyi bari baburaga ngo babashe gutsinda! Muhire Kevin yahishuye umwihariko w’umutoza Frank Spittler uri gutoza Amavubi

Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe y’igihugu,Amavubi na Rayon Sports yavuze ko umutoza Frank Spittler agira igitsure cyinshi kandi kibafasha kubona intsinzi.  Nyuma yo gutsinda...
- Advertisement -

Umuyobozi w’imwe mu makipe yo mu cyiciro cya mbere mu Rwanda yemeje ko iri ku isoko, hamenyekana ikipe y’ikigugu ishobora kuyigura

Nyuma yo kuzamuka mu Cyiciro cya Mbere ku kipe ya Forever Women Football Club, Umuyobozi wa yo, Hon Mukanoheri Saidat, yaciye amarenga ko iyi...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel