37.4 C
Africa
Maandag, April 27, 2026

Breaking news:

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe n’igisirikare cy’igihugu cye yavugaga ko inkongi y’umuriro yibasiye ikigo cya gisirikare cya Camp Base i Bujumbura...

Amabanga ataramenyekana ku rupfu rwa Minisitiri w’itumanaho n’itangazamakuru w’u Burundi, Gabby Bugaga

Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru mu Burundi, Gabby Bugaga, yitabye Imana mu buryo budasobanutse, nyuma yo kuboneka mu modoka ye mu gitondo cyo kuri uyu wa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Abanyeshuri 137 muri 286 bari barashimiswe barekuwe ntangwate, hamenyekana amahano yakorewe abasigaye

Abanyeshuri bari barashimuswe n’abitwaje intwaro mu Majyaruguru y’Iburengerazuba bwa Kaduna mu ntangiriro zuku kwezi barekuwe nta kiguzi gitanzwe.  Kuri iki cyumweru, Umuvugizi wa Guverinoma Abdulaziz,...

Rimwe mu mashyaka akorera mu Rwanda ryemeje ko rizashyigikira Perezida Kagame mu matora y’umukuru w’igihugu

Kongere y’Igihugu Idasanzwe y’Ishyaka PSD yemeje ko mu matora rusange ateganyije muri Nyakanga 2024, bazashyigikira umukandida w’Ishyaka FPR Inkotanyi, Paul Kagame kuko basanze mu...

Stade Amahoro yahawe ubushobozi bwo kuzajya yakira ikoranabuhanga mu mikino rya VAR. Amafoto + Video

Stade Amahoro iri kugana ku musozo wo kuvugururwa, izaba ibifite ubushobozi bwo kwakira ikoranabuhanga ryifashishwa mu mikino rizwi nka VAR (Video Assistant Referee).  Iri koranabuhanga...

«Hozana! Nahabwe impundu uje mu izina rya Nyagasani» Amateka y’icyumweru cya mashami  

Kuri Mashami, duhimbaza ibintu bibiri by’ingenzi. Twibuka igihe Yezu Kristu yinjiranye ikuzo muri Yeruzalemu, ashagawe n’imbaga y’abantu, bamwakiranye ibyishimo, bitwaje amashami y’imikindo. Uyu munsi kandi...
- Advertisement -

Umugore we yatumye atongera guhabwa umwanya kubera ibyo yakoze! Uwakunzwe na benshi muri ruhago y’u Rwanda abihiwe n’ubuzima kubera urushako

Twagizimana Fabrice uzwi na benshi ku izina rya ’Ndikukazi’wakiniye amakipe arimo Police FC na Etoile de l’Est aravuga ko umugore bashakanye yamubaniye nabi bituma...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel