30.8 C
Africa
Woensdag, Maart 25, 2026

Breaking news:

Vera Sidika yahakanye ibihuha bimuhuza mu rukundo na Tipsy Gee

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Vera Sidika, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana amuhuza mu rukundo n’umuhanzi mushya wa Gen Z uzwi nka Tipsy Gee. Aya...

Trump Asaba Ibihugu Bikomeye Gufasha Amerika Gufungura umuyoboro wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Byari ibihuha! Eddy Kenzo yashyize hanze ukuri ku bufasha Fille Mutoni yahawe, anenga abayatangaje

  Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yateye utwatsi amakuru amaze iminsi acicikana mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga, yavugaga ko Ishyirahamwe ry’Abahanzi muri Uganda...

Copyright yahindutse inzozi_Karole Kasita avuga uko abahanzi batengushywe, none bakaba bari mu gahinda gakomeye

  Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Karole Kasita yatangaje ko abahanzi benshi bageze aho bumva baratengushywe ndetse bakaba bari mu gahinda gakomeye, bitewe n’itinda rikabije ryo gushyira mu...

Uganda: Amatora yegereje, UPDF yakajije umutekano i Kampala mu gihe indorerezi mpuzamahanga zageze mu gihugu

Mu gihe Uganda yitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe ku wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, inzego z’umutekano zatangiye gukaza umutekano mu Murwa...

Kivu mu Muriro: Wazalendo Nyuma yo Kurwana Inkundura na FARDC, Yagabye Igitero Simusiga ku Birindiro Bikomeye bya AFC/M23

Mu Ntara za Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutekano ukomeje kuba muke nyuma y’imirwano ikomeye yadutse ku...
- Advertisement -

Masisi yongeye kuba indiri y’imirwano ikomeye cyane hagati ya AFC/M23 n’ihuriro rirwana ku ruhande rwa Leta ya RDC

Akarere ka Masisi, muri Teritwari ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kongeye kugarukamo imirwano ikomeye yahuje abarwanyi ba AFC/M23 n’abo mu ihuriro rya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel