21.9 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Vera Sidika yahakanye ibihuha bimuhuza mu rukundo na Tipsy Gee

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Vera Sidika, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana amuhuza mu rukundo n’umuhanzi mushya wa Gen Z uzwi nka Tipsy Gee. Aya...

Trump Asaba Ibihugu Bikomeye Gufasha Amerika Gufungura umuyoboro wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Ihuriro rya AFC/M23-Twirwaneho ryatangaje ko rizafata Perezida Tshisekedi rinavuga ibyo rizamukorera nafatwa.

Ihuriro AFC/M23 ryakomeje kugaragaza umujinya n’uburakari bukomeye rifitiye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho umuvugizi waryo mu bya gisirikare, Lt Col Willy...

U Rwanda rwasubije Loni yongeye kurushinja kohereza Abakomando badasanzwe ba RDF muri RDC.

Raporo nshya z’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ku mutekano wo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zongeye gukurura impaka zikomeye mu karere k’ibiyaga bigari,...

Kera kabaye Tshisekedi yemeye ibiganiro by’amahoro na AFC/M23 ariko ategeka aho bizabera.

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko yifuza ko ibiganiro by’amahoro bihuza Leta ayoboye n’abahagarariye ihuriro Alliance Fleuve Congo...

Nyuma yo kutumvikana n’abateguye igitaramo, Spice agiye kongera gutaramira Uganda nyuma y’amatora

  Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Dancehall wo muri Jamaica, Spice amazina ye nyakuri akaba Grace Latoya Hamilton, yemejwe kongera gutaramira muri Uganda nyuma y’uko...
- Advertisement -

N’iyo yaba ari we mukobwa wenyine usigaye mu gihugu,ntakwemera nkabaho ndi ingaragu”– Aaronix ku by’urukundo na Gloria Bugie

  Umuhanzi uzwiho kuvugisha ukuri no gukunda kuvugisha rubanda, Aaronix (Aaron Mukwaya), yatangaje ku mugaragaro ko atakwemera na gato kugirana umubano w’urukundo na mugenzi we...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel