24 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Breaking news:

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye Allan Kasujja umwe mu bayobozi bakuru ba Leta, amuha inshingano zo kuyobora Media Centre nk’Umuyobozi Mukuru...

Twirwaneho ivuga ko hari imyiteguro y’ibitero ku Banyamulenge mu misozi miremire ya Kivu y’Amajyepfo

  Umutwe wa MRDP–Twirwaneho watangaje impuruza ku byo uvuga ko ari imyiteguro y’ibitero bikomeje gukorwa n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

DRC: Leta ya Perezida Félix yamaze guhagarika internet muri Uvira

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakupye internet mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu...

Bobi Wine atangaje ikintu gikomeye agiye gukorera Perezida Museveni abaturage ba Uganda bakoma amashyi

­­­Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko atazajyana mu nkiko ngo avuguruze ibyavuye mu matora...

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Koreya y’Epfo: Uwahoze ari Madamu wa Perezida Kim Keon Hee yakatiwe igifungo azira ruswa

  Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye Kim Keon Hee,...

Other news

Latest Articles

Ituri: Wazalendo baburijemo igitero cya ADF i Kazaroho, babiri baricwa batatu barafatwa

  Mu gace ka Kazaroho, kari muri teritwari ya Irumu mu Ntara ya Ituri, habaye igitero cy’iterabwoba mu rukerera rwo ku wa Gatanu tariki ya...

Ronald Balimwezo atorewe kuyobora Kampala, asimbura Erias Lukwago

  Ronald Nsubuga Balimwezo wo mu ishyaka National Unity Platform (NUP) yatorewe kuyobora Umujyi wa Kampala , nyuma yo gutsinda amatora yabaye ku wa 22...

Muhoozi Kainerugaba yahagaritse gukurikira Larry Madowo kuri X nyuma y’intambara y’amagambo bakomeje guterana

  Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (Chief of Defence Forces), Gen. Muhoozi Kainerugaba, akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, yahagaritse gukurikira umunyamakuru wa CNN,...

Abanyakenya batuye mu Rwanda bagaragaje umuco n’ubumwe mu gikorwa cyabereye i Kigali

  Abanyakenya batuye mu Rwanda bahuriye mu gikorwa cyihariye cyabereye muri Kigali Paramount Hotel, cyagaragaje umuco wabo n’ubumwe bubaranga, binyuze mu biganiro byubaka, mentorship, imyidagaduro...
- Advertisement -

Ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera i Lubero, abarenga 50 bamaze kuhasiga ubuzima

  Umwaka wa 2026 watangiranye umwijima n’agahinda gakomeye ku baturage bo mu gace ka Lubero, cyane cyane mu bwami bwa Baswagha no mu gice cya...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel