26.8 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Umwana ujya Iwabo : Dore impamvu nyinshi burya zikwiye gutuma utera inkunga AFC/M23

Kuva aho AFC/M23 ibohoye uturere twa Masisi, Rutshuru na Nyiragongo,Goma ndetse n'ahandi, hari byinshi byagezweho mu rwego rw’umutekano, ubukungu n’imibanire hagati y’abaturage. Umunyamakuru wa Afrovera...

Amakuru mashya: Hamenyekanye ikihishe inyuma yo gushya ku bubiko bw’intwaro i Bujumbura

Ku wa 31 Werurwe 2026, mu Mujyi wa Bujumbura mu Burundi humvikanye urusaku rukomeye rw’iturika ryateje impungenge ku baturage benshi, nyuma y’aho ububiko bw’intwaro...

Uko Perezida wa Afurika Yunze Ubumwe Évariste Ndayishimiye akomeje gutegura umugambi wo kurimbura Banyamulenge

Mu gihe Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe usabwa kuba isoko y’ubwiyunge, amahoro n’ubwumvikane ku mugabane, hari ibikorwa n’imvugo bikomeje gushyira mu majwi imikorere ya...

Ubuyobozi bwa Afurika Yunze Ubumwe mu bibazo: dore uko Évariste Ndayishimiye arimo gutesha agaciro amahame ya AU

Ubuyobozi bw’Urwego rw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe si ubutegetsi bw’umuntu umwe cyangwa igihugu kimwe; ni inshingano y’igihe gito igomba gushingira ku bufatanye, ku bwumvikane...
- Advertisement -

Tshisekedi yasabwe ibisobanuro ku kibazo cya FDLR: amahanga akomeje gusaba ingamba zifatika mu burasirazuba bwa RDC

Perezida Félix Tshisekedi ageze mu gihe gikomeye gisaba gusobanura neza aho ubuyobozi bwe buhagaze no kugaragaza inshingano ze ku kibazo kimaze igihe kirekire cy’umutekano...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel