34 C
Africa
Donderdag, Maart 26, 2026

Breaking news:

Breaking: Nyuma y’uruzinduko rw’Akagara i Burundi, drone yishe umwana wa 14 i Karongozi, Jean de Dieu yamaganye Leta y’u Burundi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20 Werurwe 2026, haravugwa inkuru y’incamugongo mu gace ka Karongozi, muri Sud-Kivu, aho umwana w’umuhungu w’imyaka...

Imirwano ikomeye yabyutse i murambya muri Bijombo: amasasu menshi yumvikanye Mu gitondo

Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 16 Werurwe 2026, abaturage batuye mu gace ka Murambya muri groupement ya Bijombo babyukiye mu bwoba...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Imiti ishobora kunyangiriza isura — Bad Black yavuze uburyo akoresha bwo kwirinda gusama

  Bad Black yatangaje impamvu adakoresha imiti igezweho yo kuboneza urubyaro, avuga ko ahitamo gukoresha uburyo bwa withdrawal, kuko atinya ko iyo miti ishobora kugira...

Miss Mutesi Jolly yigaruriye Zikomo Awards_ Ibihembo bitatu byerekana izina rye ku rwego rwa Afurika

  Miss Mutesi Jolly, wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2016, akomeje kwandika amateka meza ku rwego mpuzamahanga nyuma yo kwegukana ibihembo bitatu bikomeye mu bihembo...

“Abwirwa benshi, akumva bene yo”: Iby’Umugambi Wihishe Udasanzwe wo Gukura Perezida Ndayishimiye ku Butegetsi

Mu gihe u Burundi bugenda bwitegura amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027, umwuka wa politiki ukomeje kuba mubi mu ishyaka riri ku butegetsi, CNDD-FDD. Ibi...

“Nahisemo kubaho ndi ingaragu” — Yago Pon Dat yatangaje ko ibyo gusubirana n’umugore we atabikozwa

  Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Uganda, Nyarwaya Innocent uzwi cyane nka Yago Pon Dat, yagaragaje ko adafite umugambi wo kongera gusubirana n’umugore babyaranye. Abinyujije ku...
- Advertisement -

RDC: Niba adashaka ibiganiro tuzabitegura adahari. Perezida Tshisekedi yashyiriweho umurono utukura

Ihuriro rya politiki Lamuka ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko ryiteguye gutegura ibiganiro by’abanyapolitiki n’abaturage bigamije gushakira umuti ikibazo...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel