36.1 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025

Breaking news:

RDC igiye gushyiraho sisiteme nshya, ihuriweho kandi y’ikoranabuhanga mu gusuzuma indwara

  Mu rugendo rwo kunoza serivisi z’ubuvuzi no kongera ireme ry’isuzuma ry’indwara, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima Rusange (INSP) cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku bufatanye...

Ndayishimiye araburira Afurika: Ibihugu byari bihamye biri mu bibazo bikomeye bitewe n’akababaro k’Urubyiruko rw’aba-Gen Z

  Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yatangaje ko ikibazo cy’imyigaragambyo n’imvururu bigaragara mu bihugu bimwe na bimwe bya Afurika kitakagombye gufatwa nk’ingaruka zisanzwe z’icyifuzo cy’impinduka...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

U Burundi bwakiriye abarwanyi badasanzwe ba FDLR mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda

U Burundi bwakiriye abarwanyi b’umutwe wa FDLR, mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda, nyuma y’ibyabaye vuba aha muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).   Ibi bije nyuma y’uko ihuriro rya AFC/M23 ritangiye kwigarurira vuba ibice by’ingenzi mu kibaya cya Rusizi, birimo n’umujyi wa Uvira.  Hagati y’itariki ya 7 n’iya 10 Ukuboza 2025, abarwanyi ba FDLR babarirwa mu magana bambutse berekeza mu Burundi bari kumwe n’abasirikare bagera ku 20,000 bo mu ngabo za RDC (FARDC) n’ihuriro rya Wazalendo.   Benshi banyuze ku kiraro cy’umugezi wa Rusizi, ugabanya u Burundi na RDC, mbere yo kujyanwa mu nkambi z’igihe gito za Cishemere, Kansega, n’ikibuga cy’umupira w’amaguru cya Buganda.  Muri Buganda, ingabo z’u Burundi zatanze ibiribwa n’ubundi bufasha ku basirikare bagera kuri 1,600 ba FARDC na FDLR, mu gihe bivugwa ko abarwanyi barenga 400 ba Wazalendo batahawe ubwo bufasha. Abasesenguzi bavuga ko ibi bigaragaza ubufatanye u Burundi bumaze igihe kirekire bufitanye na FDLR na FARDC.  Amakuru ya SOS Medias agaragaza ko u Burundi buri gutegura inkambi nini iri kure y’umupaka, izakira abarwanyi ba FDLR, FARDC na Wazalendo, mu gihe bategereje ubufasha bwa Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC). ICRC igira uruhare rukomeye mu gukemura ibibazo by’ubutabazi mu bice by’intambara, birimo guhererekanya imfungwa no gutwara abarwanyi mu mutekano basubizwa muri RDC.  Mu gihe abarwanyi ba FARDC na Wazalendo bashobora gusubira i Kinshasa cyangwa mu bindi...

U Rwanda rwasubije u Burundi bwarukangishije intambara yeruye kubera imirwano muri Kivu y’ Amajyepfo

Mu minsi ishize, amakimbirane hagati y’u Rwanda n’u Burundi kubera intambara yo muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yarushijeho gukomera....

Congo yose ibari inyuma, mu gomba gutera ishema igihugu cyanyu: Tshisekedi ubutumwa yageneye ikipe y’ Igihugu mu mikino ya CAN 2025

    Mu minsi mike mbere y’uko hatangira Igikombe cy’Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN 2025), kizabera muri Maroc kuva ku wa 21 Ukuboza 2025 kugeza ku wa...

Muve mu magambo mujye mu bikorwa bifatika _RDC isaba amahanga gushyira igitutu ku Rwanda ngo intambara ihagarare muri Kivu

  Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukuboza, yasabye umuryango mpuzamahanga gufata ingamba zifatika zigamije gushyira igitutu kuri...
- Advertisement -

Amakuru mashya: U Burundi butangije Intambara yeruye hagati yabwo n’u Rwanda Nyuma y’Imirwano yo muri Kivu y’Amajyepfo

Nyuma y’imirwano ikomeye yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), u Burundi bwatangaje ko bushobora kwinjira mu ntambara yeruye n’u Rwanda, nyuma yo gutsindwa uruhenu no kwijundika ku bikorwa byo kurasa ku butaka bwabwo bivugwa ko biterwa n’u Rwanda.  Ubutegetsi bw’u Burundi, biciye ku ntumwa yabwo mu muryango w’Abibumbye i New York, bwatangaje ko bwiteguye gukoresha ingufu zose mu kurinda ubusugire bw’igihugu mu gihe ibyo bikorwa byambukiranya imbibi byakomeza.   Ambasaderi Zéphyrin Maniratanga yashimangiye ko uburenganzira bw’igihugu cye bubangamiwe n’ibitero by’intwaro ziremereye n’indege zidafite abapilote (drones), byakoreshejwe mu kurasa no gutera ubwoba abaturage.  U Burundi bwashinjije u Rwanda kutubahiriza umwanzuro wa Loni wa 2773 usaba gukura ingabo zarwo mu burasirazuba bwa RDC no...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel