Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie yongeye kugaragaza ko afite intego yo kwagura imbibi z’umuziki nyarwanda ku rwego mpuzamahanga, nyuma yo gusangiza...
Mu gihe umutekano muke n’imirwano bikomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo,...
Papa Leo XIV yasabye abapadiri kwirinda gukoresha ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) mu gutegura inyigisho zabo (homilies), ashimangira ko AI “itazigera ishobora gusangiza...
Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byahagaritse by’agateganyo umugambi wo gufatira u Rwanda ibihano, ni nyuma y’ubuvugizi bwakozwe na...
Umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari wongeye kuvugwaho cyane nyuma y’amakuru n’ibitekerezo bikomeje gukwirakwira bivuga ko umuhungu w’uwahoze ari peresida Habyarimana, leta ya kongo yifatanyije...