20.8 C
Africa
Woensdag, Desember 17, 2025

Breaking news:

Capt Ibrahim Traoré asaba ibisobanuro Perezida Ndayishimiye ku guhagarikwa kwa Burkina Faso muri AU

  Perezida wa Burkina Faso, Kapiteni Ibrahim Traoré, yatangaje ko ateganya kugirana ikiganiro na Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, agamije gusobanukirwa neza impamvu igihugu cye cyahagaritswe...

Buri munsi turicwa ariko turataka ntihagire udutabara kubera inyungu za Kinshasa — Ubutumwa bwa Gen. Mayele buhishura intimba n’akarengane mu ngabo za FARDC mu...

  Jenerali Mayele, umwe mu bayobozi bakuru b’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), yatanze ubutumwa bukomeye bwateje impaka ndende, agaragaza umubabaro...

Gospel & Faith

Polisi yavumbuye ibisasu byari bihishe mbere y’urugendo rwa Perezida Ruto

  Abashinzwe umutekano muri Kenya batangaje ko bavumbuye kandi bagakuraho...

Imirwano Ikaze cyane muri Walikale: Abarwanyi 6 ba FDLR Bahitanwe n’Ihuriro rya Wazalendo

Teritwari ya Walikale, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri...

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

U Rwanda ruranenga umuryango mpuzamahanga kwirengagiza umutekano warwo n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge

  U Rwanda rwanenze umuryango mpuzamahanga ku kuba utarigeze witaho impungenge z’umutekano w’u Rwanda, zirimo iterabwoba rikomeje guterwa n’umutwe wa FDLR n’ubwicanyi bukorerwa Abanyamulenge batuye...

Byongeye byadogereye FARDC na Wazalendo bongeye gukozanyaho , muri Kivu y’ Amajyepfo,abasaga 30 babigenderamo

    Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Ukuboza 2025, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zongeranye imbaraga n’abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo mu...

“Tugomba kujya muri Congo” – Perezida Trump yatamaje Tshisekedi anahishura icyo Amerika ishaka muri RDC

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi yasabye ubufasha bwihariye Amerika, harimo n’uko Abanyamerika bakwinjira mu bucukuzi...

Amakuru mashya: Iby’igitero cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira.

Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.   Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?  Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...
- Advertisement -

Walikale: Abasirikare babiri ba FARDC n’umuturage umwe bahamijwe igihano cy’urupfu

  Urukiko rwa Gisirikare rwa Goma ruri kuburanira i Walikale mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aho ku wa 10 Ukuboza rwahamije abantu batandatu ibyaha bikomeye...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel