20.5 C
Africa
Sondag, Maart 22, 2026

Breaking news:

RDC: Bahati Lukwebo Yeguye ku Visi Perezida wa Sena kubera Impaka za Manda ya Gatatu

Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...

Trump yavuze amagambo akomeye: “Kwica abayobozi ba Iran ni ishema rikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

AFC/M23 yemeje urupfu rwa Koloneli Willy Ngoma, ishinja Kinshasa kurenga ku masezerano y’agahenge

Umutwe wa AFC/M23 watangaje ku mugaragaro ko Koloneli Willy Ngoma, wari umwe mu basirikare bakuru b’Ingabo zayo zizwi nka ARC (Armée Révolutionnaire Congolaise), yitabye...

Intambara ya Kivu n’irushanwa ry’isi ku mabuye y’agaciro ya RDC: Uruhare rwa Amerika, Ubushinwa n’u Burayi ruvugwaho iki?

Mu gihe umutekano muke n’imirwano bikomeje kugaragara mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), cyane cyane mu ntara ya  Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo,...

Amakuru mashya: Papa Leo XIV atangaje icyo azakorera abapadiri bose bategura inyigisho bifashishije CHATGPT

Papa Leo XIV yasabye abapadiri kwirinda gukoresha ubwenge buhangano (Artificial Intelligence – AI) mu gutegura inyigisho zabo (homilies), ashimangira ko AI “itazigera ishobora gusangiza...

Amerika yahagaritse ibihano ku Rwanda ku munota wa nyuma nyuma y’uruhare rwa Senateri Graham

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byahagaritse by’agateganyo umugambi wo gufatira u Rwanda ibihano,  ni nyuma y’ubuvugizi bwakozwe na...
- Advertisement -

Umutwe Mushya wa FCLR uvugwa muri Congo: Ese Umutekano w’Akarere Uri mu Kaga?Umutwe Mushya wa FCLR uvugwa muri Congo: Ese Umutekano w’Akarere Uri mu...

Umutekano mu karere k’Ibiyaga Bigari wongeye kuvugwaho cyane nyuma y’amakuru n’ibitekerezo bikomeje gukwirakwira bivuga ko umuhungu w’uwahoze ari peresida Habyarimana, leta ya kongo yifatanyije...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel