40.5 C
Africa
Woensdag, Februarie 4, 2026

Breaking news:

Ubwumvikane buke muri Amerika bukomeje gufata indi ntera mu gihe Abademokarate batekereza ejo hazaza

  Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kunyura mu bihe bikomeye by’ubwumvikane buke bwa politiki, aho amakimbirane hagati y’amashyaka abiri akomeye—Abarepubulikani n’Abademokarate—agenda arushaho gukaza umurego, bigashyira...

Tshisekedi ategerejwe i Kananga gutangiza imishinga ikomeye y’iterambere

  Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ategerejwe kuri uyu wa Mbere i Kananga, umurwa mukuru w’Intara ya Kasaï Central, aho atangiza...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

DRC: Leta ya Perezida Félix yamaze guhagarika internet muri Uvira

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yakupye internet mu mujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu...

Bobi Wine atangaje ikintu gikomeye agiye gukorera Perezida Museveni abaturage ba Uganda bakoma amashyi

­­­Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yatangaje ko atazajyana mu nkiko ngo avuguruze ibyavuye mu matora...

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Perezida Kagame asaba abashakanye kwihangana, agaragaza ingaruka z’isenyuka ry’imiryango ku gihugu

  Perezida Paul Kagame, yagaragaje ko atumva uburyo abantu babiri...

Uganda: Allan Kasujja yagizwe umwe mu bayobozi bakuru ba Leta

  Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagize umunyamakuru w’inararibonye...

Other news

Latest Articles

Desola Afod yikomye abamushinja gusuzugura umugabo we, avuga ko atazisobanura ku magambo y’abantu

  Desola Afod, umugore w’umukinnyi wa filime muri Nollywood Kunle Afod, yakomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusubiza amagambo y’abantu bamwibasiye ku mashusho...

Impamvu umugore ufite indangagaciro zo hejuru abaho mu mahoro n’icyizere

  Abahanga mu mitekerereze n’imibanire y’abantu bemeza ko buri wese yifuza gukundwa no guhabwa agaciro. Abagore, kimwe n’abagabo, bifuza kubahwa no kwiyumva bafite agaciro mu...

Pasiteri Robert Lumbasi yemeje ko yasezeranye na Rose Muhando mu ibanga rikomeye; inkwano yatanzwe mu 2023

  Pasiteri Robert Lumbasi wo muri Kenya yemeje ku mugaragaro ko yasezeranye mu ibanga rikomeye n’umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya Imana wo muri Tanzania, Rose Muhando,...

Eddy Kenzo yafashe icyemezo cyo gusubira ku ishuri, ahamya ko kwiga bitagira iherezo

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje ko yafashe icyemezo gikomeye cyo gusubira ku ishuri, aho ubu ari gukurikira amasomo muri kaminuza, agamije kwiyungura ubumenyi no...
- Advertisement -

Diamond Platnumz yatanze Miliyoni 10 zo kwita kuri Mkubwa Fella wahoze ari manager we, ahakana ibyo ku mutererana.

  Hari amakuru mashya ku buzima bwa Mkubwa Fella, wahoze ari umujyanama w’umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania, Diamond Platnumz, agaragaza ko uyu muhanzi yamufashije cyane mu...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel