32.2 C
Africa
Dinsdag, Maart 24, 2026

Breaking news:

RDC: Bahati Lukwebo Yeguye ku Visi Perezida wa Sena kubera Impaka za Manda ya Gatatu

Senateri Modeste Bahati Lukwebo yatangaje ko yeguye ku mwanya wa Visi Perezida wa Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’igitutu cya politiki...

Trump yavuze amagambo akomeye: “Kwica abayobozi ba Iran ni ishema rikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Umunyamulenge uba muri Australia yamaganye ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge ba Sud-Kivu n’Abatutsi ba Nord-Kivu, asaba amahanga guhaguruka

CEO Officer Jean De Dieu, usanzwe ari Ambasaderi w’amahoro w’Abanyamulenge muri Australia, yatangaje ko ababajwe cyane n’ihohoterwa rikomeje gukorerwa Abanyamulenge batuye muri Sud-Kivu ndetse...

AFC/M23 irizeza abaturage ko bazasubira mu byabo vuba

Umutwe wa Alliance Fleuve Congo / Mouvement du 23 Mars (AFC/M23) watangaje ko abaturage batuye mu bice byibasiwe n’imirwano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Imirwano mishya muri Minembwe na Kalehe: M23 ivuga ko Kinshasa yakoresheje drones n’imbunda ziremereye

Umutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatatu, tariki ya 25 Gashyantare 2026, ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) zatangije...

Bertrand Bisimwa ashinja Kinshasa kurenga ku gahenge, avuga ko yahisemo inzira y’intambara mu Burasirazuba bwa Congo

Perezida w’umutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwongeye kurenga ku masezerano y’agahenge, ashinja ingabo za...
- Advertisement -

Hahishuwe uko byagenze kugirango Willy Ngoma yisange arashwe na drone ndetse hanatangazwa ikigiye gukurikiraho nyuma y’urupfu rwe

Amakuru y’urupfu rwa Lt Col Willy Ngoma, wari umuvugizi wa AFC/M23, yakwirakwiye kumbugankoranyamba  ku munsi w’ejo tariki ya 24 Gashyantare 2026 nyuma y’uko igisirikare...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel