35.2 C
Africa
Woensdag, Mei 6, 2026

Breaking news:

CEO Officer Jean de Dieu yashyize hanze album “Greatest Hits 2026” ya Mulenge Record Musics igamije gukomeza morale y’Abanyamulenge

Mu gihe ibibazo by’umutekano muke, ubwicanyi n’itotezwa bikomeje kuvugwa mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagiye hashyirwaho uburyo butandukanye bwo gukomeza ijwi ry’abaturage...

Mahoro Peace Association na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro i Washington DC yamagana ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge n’Abatutsi muri RDC

Mahoro Peace Association ifatanyije na Isoko U.S bateguye imyigaragambyo y’amahoro iteganyijwe ku wa 20 Mata 2026 i Washington DC, igamije kwamagana ihohoterwa rikomeje gukorerwa...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...

Other news

Latest Articles

Trump Asaba Ibihugu Bikomeye Gufasha Amerika Gufungura umuyoboro wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye ibihugu bitandukanye ku isi gufasha Amerika mu gufungura umuyoboro wa Hormuz, inzira y’amazi ifite...

Nairobi: Abanyarwanda bizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, bashimangira ko “Umugore ari uw’agaciro”

Tariki ya 14 Werurwe 2026 ku biro bya Ambasade y’u Rwanda muri Kenya i Nairobi, habereye igikorwa cyo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore, cyitabiriwe n’abagize...

Trump yavuze amagambo akomeye: “Kwica abayobozi ba Iran ni ishema rikomeye

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko atewe ishema rikomeye kuba ingabo z’Amerika ziri kugaba ibitero ku bayobozi n’inzego z’ubutegetsi...

Urubyiruko rwatwaye isanduku muri City Mortuary i Nairobi, nyuma basanga irimo ubusa

Habaye akavuyo gakomeye mu buruhukiro bw’imirambo bwa City Mortuary i Nairobi nyuma y’uko itsinda ry’urubyiruko rwinjiye ku gahato risaba guhabwa umurambo wa Nicholas Kyalo,...
- Advertisement -

Urukiko rukuru rwa Kenya ruhagaritse by’Agateganyo sisitemu ya amende za NTSA

Urukiko Rukuru rwa Kenya rukorera i Milimani mu mujyi wa Nairobi rwafashe icyemezo cyo guhagarika by’agateganyo ishyirwa mu bikorwa rya sisitemu itanga amande z’ibinyabiziga...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel