36 C
Africa
Vrydag, April 17, 2026

Breaking news:

Papa Leo XIV yanenze iterabwoba rya Amerika kuri Iran, Trump asubika umugambi wo kuyigabaho ibitero

Papa Leo XIV, ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07 Mata 2026, mu kiganiro n’abanyamakuru hanze ya Villa Barberini i Castel Gandolfo,...

Umwana ujya Iwabo : Dore impamvu nyinshi burya zikwiye gutuma utera inkunga AFC/M23

Kuva aho AFC/M23 ibohoye uturere twa Masisi, Rutshuru na Nyiragongo,Goma ndetse n'ahandi, hari byinshi byagezweho mu rwego rw’umutekano, ubukungu n’imibanire hagati y’abaturage. Umunyamakuru wa Afrovera...

Gospel & Faith

Stay on top of what's going on with our subscription deal!

Politics

Sports

Health & Wellness

Gospel News

Business & Economy

Entertainment

Other news

Latest Articles

Uko Spice Diana yinjiye mu rukundo rwa ruhago, Cristiano Ronaldo amubera umunyamugisha

  Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Spice Diana yasobanuye uko yisanze akunda ruhago, umukino atari asanzwe yitaho cyane, ariko waje kumwinjiramo mu buryo budasanzwe kugeza ubonye umwanya ukomeye...

FDLR yaciye amarenga yo kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda. Kuyobya uburari n’ubwicanyi bukomeje gukorerwa muri Kivu?

Mu gihe akarere k’Ibiyaga Bigari gakomeje kwibasirwa n’umutekano mucye n’intambara z’urudaca zimaze imyaka myinshi zihitana ubuzima bw’abaturage b’inzirakarengane, umutwe w’iterabwoba wa FDLR wongeye kugaruka...

Impunzi z’Abanye-Congo mu Burundi mu kaga gakabije: Ihohoterwa rikabije, Abarenga 40 bamaze kwitaba Imana.

Umutekano n’ubuzima bw’impunzi z’Abanye-Congo zahungiye mu Burundi bikomeje kujya ahabi, mu gihe amakuru aturuka mu gace ka Gatumba, ku mupaka uhuza u Burundi na...

“Igisamagwe ntigishiturwa na buri jwi” – The Ben atangaje impamvu y’ituze rye mbere yo gusohora ‘Indabo Zanjye’

  Umuhanzi nyarwanda Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yatangaje amagambo akomeye asobanura impamvu yamaze igihe acecetse mu muziki, adashyira hanze indirimbo nshya, ashimangira ko...
- Advertisement -

RDC: Ibitero biteye ubwoba bya Drone bya FARDC ku Abanyamulenge byakajije umurego

Amakuru mashya aturuka mu misozi y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), agaragaza ko igisirikare cya Leta...

Subscribe

- Gain full access to our premium content

- Never miss a story with active notifications

- Browse free from up to 5 devices at once

Gospel