37.4 C
Africa
Dinsdag, April 21, 2026
HomeAndi makuruKigali: Urujijo ku murambo w’umugore wagaragaye muri ruhurura

Kigali: Urujijo ku murambo w’umugore wagaragaye muri ruhurura

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Umurambo w’umugore utarabasha kumenyekana, wagaragaye muri ruhurura ya Mpazi igabanya Umurenge wa Kimisagara n’uwa Gitega mu Karere ka Nyarugenge, bikekwa ko nyakwigendera yishwe n’amazi y’imvura. 

Umurambo w’uyu mugore wagaragaye muri ruhurura ya Mpazi itandukanya Akagari ka Kamuhoza n’Umurenge wa Gitega mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 20 Mata 2024. 

Abatuye muri aka gace babwiye IGIHE ducyesha iyi nkuru ko nyakwigendera batamuzi. 

Kamali Eric yagize ati “Nabonye atari uwo muri aka gace gusa nkeka ko yatwawe n’amazi y’imvura kuko nta nta bikomere yari afite.” 

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kimisagara, Kalisa Jean Sauveur, we yabwiye kiriya gitangazamakuru ati “Nibyo wagaragaye muri ruhurura ariko ntabwo ari ku ruhande rwa Kimisagara ahubwo ni urwa Gutega kuko ni bo batanze raporo.” 

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here