29.4 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAndi makuruNi ubwambere gukozaho Tap and Go kuri bus bizajya bisaba 700 rwf...

Ni ubwambere gukozaho Tap and Go kuri bus bizajya bisaba 700 rwf ! Dore uko ibiciro by’ingendo byazamuwe mu mujyi wa Kigali hose

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Ku munsi wo ku wa kabiri tariki ya 12 Werurwe 2024 nibwo hatangajwe ko ibiciro by’ingendo byazamuwe ndetse ko hakuweho nkunganire yahabwaba abantu ku giciro cy’urugendo. 

Ibiciro ntibyazamutse mu ntara gusa cyangwa mu mujyi wa Kigali gusa, ahubwo byazamutse ku ngendo zose zo mu gihugu, ndetse ibiciro byazamutse ku rwego rutari rusanzwe. 

Ndetse ni ubwambere mu mujyi wa Kigali habonetse ahantu umuntu azajya agendera 700 Frw kandi yifashishije ikarita izwi nka Tap and Go.  

Aho twavuga nka Kabuga -Nyabugogo hishyurwa 741 Frw, ndetse DownTown – Kabuga naho hishyurwa 741 Frw. Ndetse ibi biciro bizatangira gukurikizwa tariki ya 16 Werurwe 2024. 

Dore uko ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali bihagaze:

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here