22.1 C
Africa
Saterdag, April 25, 2026
HomePolitikeRD-CONGO: Kivu y’amajyaruguru abaturage bariye Noheli nabi

RD-CONGO: Kivu y’amajyaruguru abaturage bariye Noheli nabi

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Kivu y’amajyaruguru ho mu ifasi ya Beni mu gace ka Mayimoya mu mutwe wa Bambuba Kisiki, ADF yivuganye abantu 5 nyuma y’igitero izi nyeshyamba z’ingabo zishyize hamwe zahakoreye.

Amakuru corridorreport.com ikesha sosiyete sivile, aho yavuze ko ADF yitwikiriye iminsi mikuru ikica aba baturage. Ni nyuma y’uko ingabo zabarizwaga muri utwo duce zimuwe.

Sosiyete sivili iti: «Kugeza ubu, umubare w’agateganyo ni abantu 5 bishwe abandi benshi baburirwa irengero. Umwanzi yasahuye umutungo w’abaturage mbere yo kuva muri utwo duce nk’uko byatangajwe na Patrick Musubao, perezida wa sosiyete sivile.

Musubao atangaza ko ubwo icyo gitero cyagabwaga ku baturage ingabo za Kongo ku bufatanye n’iza Uganda, zatabaye kandi bombi bakurikirana ibyo byiheba bibakiza abaturage.

Ubusanzwe mutwe wa ADF ufite ibirindiro muri Kongo, ugizwe n’abarwanyi barwanya ubutegetsi muri Uganda. Hagati muri uyu mwaka wagabye igitero mu karere ka Kasese gihitana abanyeshuri hafi 40 mu burengerazuba bwa Uganda.

Moïse Katumbi Chapwe  niwe wabaye Perezida wa RD-Congo

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here