25.7 C
Africa
Woensdag, April 22, 2026
HomeAndi makuruSoma aka kantu: Wari uzi abagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore...

Soma aka kantu: Wari uzi abagabo bagira amahirwe yo kubona amabere y’abagore bibongerera amahirwe yo kuramba?

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Kimwe mu bishobora gufasha umugabo kurama ku Isi, harimo kuba yajya agira amahirwe yo kureba amabere y’umugore, nk’uko byemejwe n’ubushakashatsi bwakozwe n’inzobere zo mu Budage.

Ubu bushakashatsi bushya, buvuga ko umugabo ugira amahiwe yo kureba n’amaso ye amabere nibura iminota icumu ku munsi, bimwongerera amahirwe yo kubaho igihe kinini, ugereranyije n’utajya ayaca iryera.

Abahanga mu bushakashatsi bayobowe na Dr Karen Weatherby wo mu Budage, bemeza ko iyo umugabo abashije kureba amabere y’umugore, bizamura imisemburo y’ibyishimo n’ibinezaneza bikamutahamo, ku buryo ako kanyamuneza gashobora kumufasha kuramba.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku igerageza ry’imyaka itanu ku bagabo bagera muri Magana atanu, aho 1/2 cyabo, ni ukuvuga 250, bavuze ko bagize amahirwe yo kujya babona amabere nibura mu minota 10 ku munsi, bagaragaweho kugira ubuzima bwiza.

Ni mu gihe abataragerageje kureba iki gice cy’umubiri w’umugore, bo bagaragaje ko hari ibibazo biri mu buzima bwabo by’umwihariko mu mitekerereze, ku buryo bigenda binagabanya igihe cyabo cyo kuramba.

Ku bw’iyi mpamvu, abashakashatsi bemeje ko kuba umugabo yajya yitegereza amabere y’umugore, bimwongerera igihe cyo kuramba.

Ikindi kandi ngo ni uko abagabo babasha kureba amabere binabongerera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina, na yo iri mu ngingo ishobora gufasha umugabo kurama.

Ikindi ngo ni uko abagabo babasha kureba amabere, ndetse bakanayakoraho, bibarinda kugira umunaniro ukabije uzwi nka ‘Stress’.

Bavuga kandi ko ibyiza byo kuba abagabo bareba amabere y’abagore, binagaragazwa no kuba umubare munini w’abagabo, bakunda kurangarira iki gice cy’umugore, mu gihe hari uwagerageje kucyerekana, ku buryo bigoye ko hari umukobwa cyangwa umugore wanyura ku mugabo yerekanye icyo gihe, ngo abure kunagaho akajisho.

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here