Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.
Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?
Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, nibwo abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bazindutse batonda kumirongo kugira ngo batore Abayobozi bazabayobora k’urwego rwa...
Perezida Felix Tsisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo yasozaga ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko nta yandi mahitamo asigaranye yo kuzahura umubano n’u...
Itangazo ry’ishingwa ry’iyi AFC ryagiye ahagaragara ku wa 15 Ukuboza 2023, ryatangajwe na Coroneille Naanga i Nairobi muri imwe mu mahoteli yo muri icyo...
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagaje ba Ambasaderi bayo i Nairobi n’i Dar es Salaam, nyuma y’amasaha make Corneille Nangaa wahoze akuriye Komisiyo y’amatora...