22.7 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsEAC

Tag: EAC

spot_img

Amakuru mashya: Iby’igitero cya AFC/M23 ku butaka bw’u Burundi nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira.

Nyuma y’ifatwa rya Uvira mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hari amakuru yatangiye gukwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko AFC/M23 ishobora gutera u Burundi, ibintu byahise bitera impungenge mu baturage b’i Ruzizi, Bujumbura Rural n’utundi duce duhana imbibi na RDC.   Nubwo AFC/M23 yamaze kubihakana mu buryo bweruye, ibibazo bitandukanye biracyari kwibazwa na benshi: Ni iki cyakuruye ibi bihuha? Ese birashoboka? Ni uwuhe mwuka w’ubutwererane n’ubwoba uvugwa ku mpande zombi?  Iyi nkuru irasesengura impamvu zabyukije ibihuha, imiterere y’umutekano ku mpande zombi, ubufatanye mu ntambara hagati ya FARDC, FDLR...

MONUSCO yashimye intambwe yatewe hagati ya RDC n’u Rwanda mu isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye

  MONUSCO yashimye ku mugaragaro intambwe ikomeye yatewe hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’u Rwanda, nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubufatanye ku wa...

LIVE: Uyu munsi muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bazindukiye mu matora. Uko amatora ari kugenda

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, nibwo abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bazindutse batonda kumirongo kugira ngo batore Abayobozi bazabayobora k’urwego rwa...

Namaze kwitegura: Tshisekedi wananiwe na M23 yashimangiye ko gutera u Rwanda ariyo mahitamo asigaranye

Perezida Felix Tsisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ubwo yasozaga ibikorwa byo kwiyamamaza yatangaje ko nta yandi mahitamo asigaranye yo kuzahura umubano n’u...

Perezida Ruto wa Kenya yakuriye inzira ku murima Tshisekedi yanga gufata Corneille Nangaa uheruka gushinga ihuriro rya AFC

Perezida wa Kenya, William Ruto, yanze icyifuzo cya Félix Tshisekedi cyo guta muri yombi Corneille Nangaa, washinze ihuriro rishya rya politiki n’igisirikare ririmo imtwe...

Bihinduye isura! Umubano wa Kenya na RD Congo wajemo agatotsi kubera AFC

Itangazo ry’ishingwa ry’iyi AFC ryagiye ahagaragara ku wa 15 Ukuboza 2023, ryatangajwe na Coroneille Naanga i Nairobi muri imwe mu mahoteli yo muri icyo...

Bitunguranye nyuma yo kwihuza kwa Nangaa na M23 bitumye Leta ya RD-Congo ihamagaza Ambasaderi wayo i Nairobi na Dar es Salaam

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yahamagaje ba Ambasaderi bayo i Nairobi n’i Dar es Salaam, nyuma y’amasaha make Corneille Nangaa wahoze akuriye Komisiyo y’amatora...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img