21.5 C
Africa
Dinsdag, Februarie 3, 2026
HomeTagsMPA

Tag: MPA

spot_img

RDC: FARDC yarasanye n’undi mutwe utari AFC/M23 mu mirwano ikaze cyane yaguyemo benshi hanakomereka benshi, abaturage bahungira ku ngabo za Uganda.

Intara ya Ituri yongeye kuba isibaniro ry’imirwano ikaze hagati y’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi b’umutwe wa Convention pour la Révolution...

Ykee Benda yahakanye amagambo ya politiki akakaye yamwitiriwe, asaba imbabazi ku byabaye

  Umuhanzi w’Umunya-Uganda Wycliffe Tugume, uzwi cyane ku izina rya Ykee Benda, yahakanye yivuye inyuma amagambo ya politiki akakaye aherutse kumwitirirwa ku mbuga nkoranyambaga, aho...

Eddy Kenzo ni icyamamare, ariko impano ya Mowzey Radio iramuruta – Jonathan Nalebo

  Jonathan Nalebo, wahoze ari umusesenguzi w’umuziki ubu akaba ari umuvugabutumwa, yatangaje ko nubwo Eddy Kenzo ari umwe mu bahanzi ba Uganda begukanye ibihembo byinshi...

Perezida Ndayishimiye yatangiye kubona inyungu zikomeye cyane nyuma y’ifatwa rya Uvira n’ihuriro AFC/M23.

Nyuma y’ifatwa ry’umujyi wa Uvira n’ihuriro AFC/M23, ibikorwa by’u Burundi mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byafashe indi ntera, aho nubwo ingabo...

Asize Igihombo gikomeye: Lt. Col Patrice Manirakiza wari wakomerekeye ku rugamba ahanganye na AFC/M23 yapfuye

Lieutenant-Colonel Patrice Manirakiza, wari uyoboye Batayo ya 18 y’ingabo z’u Burundi zari zaroherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), yapfuye kuri...

Mu muziki nta kintu cy’ ubuntu_Kin Bella avuga ku gitutu cy’igitsina n’uruhare rwa ‘sugar daddy’ mu rugendo rwo kumenyekana

  Umuhanzikazi w’Umunya-Uganda Kin Bella yatangaje amagambo akomeye agaragaza uko inganda z’umuziki ziba ziteye, avuga ko abahanzi benshi bashya basabwa kwemera igitutu kijyanye n’igitsina cyangwa...

Nubwo ari Umunsi w’Ibyishimo kuri Benshi, Nugera aha Hantu 10 Ntuzigere Wizihiza Noheli kuko Ifatwa Nk’Ikizira Gikomeye.

Buri mwaka tariki ya 25 Ukuboza, isi yose ihinduka mu isura n’umwimerere. Mu bihugu byinshi by’Isi, by’umwihariko mu Burayi, Amerika, Afurika n’ahandi henshi, Noheli...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img