20.4 C
Africa
Dinsdag, Desember 16, 2025
HomeTagsUganda

Tag: Uganda

spot_img

Inkuru Ibabaje: Bisi ya Trinity Ivuye i Kampala Ijya i Kigali Ikoze Impanuka Ikomeye Cyane Yahitanye Ubuzima Bwa Benshi

Haracyari agahinda n’akababaro kenshi mu miryango y’Abanyarwanda n’abandi bagenzi, nyuma y’impanuka ikomeye yakozwe na Bisi ya sosiyete itwara abagenzi ya Trinity, yavaga mu murwa...

U Burundi bwakiriye abarwanyi badasanzwe ba FDLR mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda

U Burundi bwakiriye abarwanyi b’umutwe wa FDLR, mu gihe umwuka mubi urushaho kwiyongera hagati yabwo n’u Rwanda, nyuma y’ibyabaye vuba aha muri Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).   Ibi bije nyuma y’uko ihuriro rya AFC/M23 ritangiye kwigarurira vuba ibice by’ingenzi mu kibaya cya Rusizi, birimo n’umujyi wa Uvira.  Hagati y’itariki ya 7 n’iya 10 Ukuboza 2025, abarwanyi ba FDLR babarirwa mu magana bambutse berekeza mu Burundi bari kumwe n’abasirikare bagera ku 20,000 bo mu ngabo za RDC (FARDC) n’ihuriro rya Wazalendo.   Benshi banyuze ku kiraro cy’umugezi wa Rusizi, ugabanya u Burundi na RDC, mbere yo kujyanwa mu nkambi z’igihe gito za Cishemere, Kansega, n’ikibuga cy’umupira w’amaguru cya Buganda.  Muri Buganda, ingabo z’u Burundi zatanze ibiribwa n’ubundi bufasha ku basirikare bagera kuri 1,600 ba FARDC na FDLR, mu gihe bivugwa ko abarwanyi barenga 400 ba Wazalendo batahawe ubwo bufasha. Abasesenguzi bavuga ko ibi bigaragaza ubufatanye u Burundi bumaze igihe kirekire bufitanye na FDLR na FARDC.  Amakuru ya SOS Medias agaragaza ko u Burundi buri gutegura inkambi nini iri kure y’umupaka, izakira abarwanyi ba FDLR, FARDC na Wazalendo, mu gihe bategereje ubufasha bwa Komite Mpuzamahanga ya Croix-Rouge (ICRC). ICRC igira uruhare rukomeye mu gukemura ibibazo by’ubutabazi mu bice by’intambara, birimo guhererekanya imfungwa no gutwara abarwanyi mu mutekano basubizwa muri RDC.  Mu gihe abarwanyi ba FARDC na Wazalendo bashobora gusubira i Kinshasa cyangwa mu bindi...

Fayulu avuga ko amasezerano ya Washington ari igikorwa cyateguwe na Kagame

  Mu kiganiro yagiranye na France 24 ku wa Kane tariki 11 Ukuboza, umunyepolitiki ukomoka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Fayulu Martin, yavuze ko...

Uko imodoka y’Ingabo z’u Burundi yakomeje kuzana imirambo y’abaguye mu mirwano ,bitera abaturage urujijo

    Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi akomeje kuzamura impaka ku rugendo rw' imodoka y’igisirikare cy’u Burundi zerekeza kenshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi...

Uganda mu Mwuka w’Amatora ya 2026: Museveni Yanze Kwitabira Ikiganiro Mpaka, Bobi Wine Ndetse n’Ubwami bwa Buganda Bamaganira Ihohoterwa mu Kwiyamamaza 

Nk'uko bimenyerewe muri Uganda iyo amatora yegereje, haba ibiganiro mpaka bikomatanyije bituma abakandida bose bagaragariza abaturage imigabo n’imigambi, bakakira n’ibibazo bijyanye n’imibereho y’abaturage. Mu...

Zari Hassan yatunguye abafana be kubera ibyo yakoreye mukeba we Tanasha Donna

Umuherwekazi w’umugande, Zari Hassan yatumiye mu kirori cye cya «All White Party», Tanasha Donna basangiye umugabo Diamond Platnumz ariko bose bakaba baratandukanye na we. Iki...

Kera kabaye Ingabo z’u Burundi zigera muri 900 zari muri Kivu y’Amajyaruguru zatashye bamwe mu bakuru ba zo basiga ubuzima muri RDC

Kuri iki Cyumweru, itariki ya 10 Ukuboza 2023, umugaba mukuru w’ingabo za EAC zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (EACRF), Maj...

Subscribe

- Never miss a story with notifications

- Gain full access to our premium content

- Browse free from up to 5 devices at once

Must read

spot_img