Umunyamuziki Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben ategerejwe mu mashusho adasanzwe y’indirimbo ye nshya “Indabo zanjye”, aho azagaragara yambaye imyambaro y’abaganga, ari mu gikorwa...
Jonathan Nalebo, wahoze ari umusesenguzi w’umuziki ubu akaba ari umuvugabutumwa, yatangaje ko nubwo Eddy Kenzo ari umwe mu bahanzi ba Uganda begukanye ibihembo byinshi...
Umujyi wa Kigali wemeje ko umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Ali Saleh Kiba uzwi nka Ali Kiba, azifatanya n’abandi bahanzi barimo Kevin Kade mu...
Kenny Sol yatangaje ko atemeranya n’abakomeje kuvuga ko Bruce Melodie na The Ben ari bo bihangange cyangwa abayoboye umuziki w’u Rwanda, ashimangira ko uruganda...