37.7 C
Africa
Donderdag, April 23, 2026
HomePolitikeTshisekedi wari waburiwe irengero yabonetse – Aya makuru nimashya

Tshisekedi wari waburiwe irengero yabonetse – Aya makuru nimashya

Date:

Related stories

Naje kubera umubabaro” – Musaza w’imyaka 82 mu myigaragambyo y’Abanyamulenge i Washington DC

Impunzi z’Abanyamulenge zituye muri United States zazindukiye mu rugendo...

Ndayishimiye yahakanye ibyavuzwe ku nkongi ya Camp Base, avuga ko atari amashanyarazi yahatwitse

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye yahakanye amakuru yari yatangajwe...

Ndayishimiye yavuze ko ashobora kujya i Kigali ariko u Burundi bugakomeza gufunga umupaka n’u Rwanda

Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye, kuri ubu unayoboye African...
spot_imgspot_img
Afrovera Advertisement

Amakuru atugezeho aka kanya avuga ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aherereye i Bruxelles mu Bubiligi nk’uko amakuru aturuka muri  Perezidansi ya RDC abivuga.

Infos.cd yatangaje ko ku Cyumweru saa 05:05 ari bwo Tshisekedi yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya N’djili, mbere yo gufata rutemikirere yerekeza i Bruxelles mu ruzinduko rwihariye.

Uwo munsi Radiyo na Televiziyo y’u Bubiligi yatangaje ko Perezida wa RDC yaje i Kigali, mbere yo kuvuguruza iyo nkuru.

Umuvugizi wa Tshisekedi, Tina Salama icyo gihe yahakanye ko Tshisekedi yaje i Kigali, avuga ko yagiye mu mahanga mu ruzinduko rujyanye na “dosiye zihutirwa zijyanye n’igihugu”.

Afrovera Advertisement

Latest stories

spot_img

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here